skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Umugore utwite wafashwe asambanira mu ndege yatangaje icyabimuteye maze aburirwa n’irengero

. Umugore wasambaniye mu mu ndege yagize icyo abivugaho . Ubusinzi bwamukoresheje amahano . Aricuza ibyo yakoze yasinze Umugore witwa Trace Bolt byamenyekanye ko ari we mugore wagaragaye mu...
16 June 2017 Yasuwe: 9044 2

Bwa mbere mu mateka y’isi hagaragaye umwana w’imyaka 8 gusa ufite uburebure butangaje(AMAFOTO)

. Umuntu muremure cyane ku isi . Umwana waciye agahigo ko kuba muremure . Uburebure budasanzwe Bwa mbere mu mateka, umwana w’imyaka 8 gusa ukomoka mu gihugu cy’Ubuhindi, afite uburebure butangaje...
16 June 2017 Yasuwe: 3495 0

Mupenzi ni umusore ushaka umukunzi w’umukobwa cyangwa se niyo yaba ari umugore ariko ubyaye rimwe

Muraho, nitwa Mupenzi Christian mba I musanze nkora mu cyahoze ari EWASA mfite imyaka 28 sinigeze mbyara hanze,ndi muremure kandi ndirabura bidakabije. Ndashaka umukobwa cyangwa umugore ufite...
16 June 2017 Yasuwe: 5388 36

Umugabo watangaje abantu ubana n’abagore batatu munzu imwe kandi ngo bose arara babonanye

Ibihugu bimwe na bimwe bigira amategeko ahana ubuharike , gusa hari ibindi bibyemera cyangwa se bikaba bitabyemera ariko mu muco w’abaturage babyo bikaba bikorwa. Ikinyamakuru The Sun cyatangaje...
16 June 2017 Yasuwe: 5284 0

Abayobozi b’ibihugu bikomeye ku isi bashushanyijwe n’umunyabugeni mu masura y’impunzi zisabiriza(AMAFOTO)

Umuhanzi umwe yarahagurutse ati “kuri iyi Si nta wahazanye ibigega, abantu bose bazayisiga uko bayisanze”, dore ko n’Umunya Uganda, Semwanga uherutse gusasirwa amafaranga mu gituro bigoye kumenya...
15 June 2017 Yasuwe: 6010 5

The Ben aricuza amakosa yakoreye umukobwa bakundanaga mu myaka itanu ishize (AMAFOTO)

Ni bake bafite icyo bazi ku rukundo rw’umuhanzi The Ben ,ariko nyamara ubwo aheruka muri Afurika y’ Epfo mu kiganiro yagiranye n’imwe mu maradio yaho yagize icyo atangaza ku rukundo rwe no ku...
15 June 2017 Yasuwe: 9124 2

Reba imyaka myiza umukobwa yatakarizamo ubusugi ntibimugireho ingaruka

Ubushakashatsi bwagaragaje ko hari imyaka myiza umukobwa ashobora gutakarizamo ubusugi ntagire ingaruka, mu gihe hari igihe abutakaza bikamugiraho ingaruka nyinshi ku buzima bwawe. urubuga rwa...
15 June 2017 Yasuwe: 8602 5

Mu mafoto reba urutonde rw’abahanzikazi Nyarwanda 5 bari gukurura cyane igitsina gabo muri uyu mwaka wa 2017(AMAFOTO)

. Abakobwa beza cyane . Abahanzikazi nyarwanda bahiga abandi mu buranga . Abahanzikazi nyarwanda bakunzwe cyane babikesha uburanga Ikinyamakuru cy’umuryango.rw twababashije kubakusanyiriza...
15 June 2017 Yasuwe: 8351 10

Hagaragaye Moto mu muhanda iri kwitwara maze hakekwa ko iri gutwarwa n’umuzimu(AMAFOTO)

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiriye amashusho ya moto iri kwiruka mu muhanda nta wuyitwaye ifite, gusa ubu hakaba hamaze kumenyekana neza amakuru n’inkomoko y’icyo kinyabiziga cyari...
15 June 2017 Yasuwe: 6815 0

Reba bimwe mu bimenyetso bizakwereka niba umugore wawe agukunda nta buryarya burimo

.Menya ibyo wareberaho ko umugore wawe agukunda .Ni gute wamenya ko umugore wawe atakubeshya .Iby’ingenzi bigaragaza umugore ukunda umugabo we Hari imyitwarire ndetse n’ibikorwa by’ingenzi...
14 June 2017 Yasuwe: 7695 12