skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Menya bimwe mu byaranze ubuzima bw’umuntu wabayeho imyaka 256 abyara abana 200 Ku bagore 23(AMAFOTO)

Uko imyaka yagiye ishira hagiye haboneka abantu barambye imyaka myinshi kurusha abandi, nyuma y’Umufaransakazi Jeanne Louise Calment wari waraciye agahigo ko kuba ariwe warambye cyane kuko...
11 June 2017 Yasuwe: 6374 0

Umukecuru w’umunyafurika waciye agahigo ko kuramba imyaka myinshi yatabarutse(AMAFOTO)

Kuri iki Cyumweru nibwo hashyinguwe umukecuru wari mu bamaze imyaka myinshi ku Isi Ku myaka 134 atabarutse ari mu baciye agahigo. Johanna Rametsi bivugwa ko yaba yari afite imyaka 134 ibi...
11 June 2017 Yasuwe: 3245 1

Nova bayama ashobora kongera amasezerano muri Rayon Sports

Amakuru agera ku muryango ni uko umusore Nova Bayama wavugwaga ko ari kuvugana n’ikipe ya Police FC ko n’ibiganiro bigeze kure yaba yamaze kongera amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports. Uyu...
11 June 2017 Yasuwe: 1441 3

Tennis: Umunya Latvia w’imyaka 20 yaraye akoze amateka I Paris(AMAFOTO)

Jelena Ostapenko yaraye akoze amateka mu mikino ya Roland Garros iri kubera I Paris aho yaciye uduhigo 4 dutandukanye kuri uyu wa gatandatu ubwo yatwaraga iki gikombe atsinze umunya Roumania Simona...
11 June 2017 Yasuwe: 997 0

Muri Congo Kinshasa abantu bitwaje intwaro bacikishije abandi banyururu

Abanyururu bagera kuri 17 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya kongo batorotse uburoko mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu. Radio Okapi dukesha iyi nkuru ivuga ko mu ijoro ryo kuwa Gatanu...
11 June 2017 Yasuwe: 1247 1

Muri Birimaniya umuturage wishe imbeba imwe leta imuha amafarana Mirongo itatu

Mu mpera z’icyumweru gishize, imbeba zayogoje ikirwa cya Haingyi muri Birimaniya (Aziya y’Amajyepfo), ku ruzi rwa Irrwady mu burengerazuba bw’iki gihugu. Abaturage bazengerejwe n’izi mbeba,...
11 June 2017 Yasuwe: 3258 0

Mfite imyaka 34 nkaba maze kubyara gatatu, ese nshobora guca imyeyo bigakunda?Mungire Inama pe kuko umugabo amereye nabi

Muraho abo kuri uru rubuga, ndi umubyeyi w’abana 3, mfite imyaka 34 y’amavuko, nagiye nsoma inkuru nyinshi kuri uru rubuga zo guca imyeyo (gukuna) nabazaga niba kuri iyo myaka nanjye byakunda....
11 June 2017 Yasuwe: 10222 22

Umunyamidelikazi Amber Rose yashyize hanze ifoto yavugishije isi yose yambaye ubusa buri buri (AMAFOTO)

Umunyamiderikazi Amber Roza wabyaranye n’umuraperi Wiz Khalifa abana 2 , nyuma agahita akundana n’umukinnyi wa Filme nawe ukomeye cyane ku Isi uzwi ku izina rya Nick Canon nawe bidaciye kabiri...
11 June 2017 Yasuwe: 14169 4

Reba urutonde rwa kaminuza 10 za mbere ku isi muri uyu mwaka aho izwi nka Havard yasubiye inyuma(AMAFOTO)

Ndabizi abantu beshi bagiye gutangazwa n’urutonde rwasohotse uyu mwaka kuko beshi bamenyereye ko Kaminuza ya Harvard yo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ariyo iza imbere ariko ubu urutonde rwamaze...
11 June 2017 Yasuwe: 6741 9

Menya ndetse unasobanukirwe amabara y’indabo ushobora guha inshuti yawe ikanezerwa(AMAFOTO)

Benshi mu bakundana birabagora cyane guhitamo amabara y’indabo bagenera abakunzi babo, cyangwa bagapfa no kubaha andabo runaka batazi nyirizina icyo bisobanuye. Uramenye utazitobera urukundo...
10 June 2017 Yasuwe: 4525 0