skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Reba impungenge zikomeye zagaragajwe n’inzobere, ku bantu bakunda gukora no kugira ubushake buhambaye bwo gukora imibonano...

Ubushakashatsi bwakozwe bwerekanye kandi bwemeza neza ko gukora imibonano mpuzabitsina ku kigero gikabije bishobora guteza nyirubwite ibibazo bishobora no kumujyana kwa muganga. . Ingaruka mbi...
6 June 2017 Yasuwe: 7856 1

Reba uburyo bwiza ugomba kubahiriza utera akabariro mu gihe umugore wawe atwite maze akarushaho kumererwa neza

Burya ni byiza kandi ni ingenzi gukora imibonano mpuzabitsina mu gihe umugore atwite. Nyamara hari uburyo bishobora gukorwamo ugasanga abangamiwe cyane, bitewe n’ihindukire iba igaragara inyuma ku...
6 June 2017 Yasuwe: 17493 2

Pasiteri Mboro arashinjwa gucuruza amatike yo kujya mu ijuru-AMAFOTO

Abantu 2 biyita abakozi b’Imana barimo uwitwa Tito n’umugore we Amanda Watts bari mu maboko ya polisi muri Afurika y’Epfo bakurikiranyweho gucuruza ibyangombwa bavuga ko ari ibyo kwinjira mu ijuru...
6 June 2017 Yasuwe: 10681 14

Reba ibintu ugomba kwitondera mu gihe baguteretera ku mbuga nkoranyambaga

Kubera iterambere ry’ikoranabuhanga, bamwe basigaye baryiyambaza muri byinshi, harimo no gushaka ubushuti bwihariye(dating). Gusa ariko, harimo abashobora kwihisha inyuma yabyo bakabeshya...
6 June 2017 Yasuwe: 4091 0

Umubyeyi ndetse akaba n’umuhanzikazi wo muri Nigeria ukina Filime z’urukozasoni ,ahamya ko gukina izi Filime ari impano...

Umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filime ukomoka mu gihugu cya Nigeria akibera muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yakuriye inzira ku murima Abanyanigeria bamusaba kureka gukina filimi z’urukozasoni...
6 June 2017 Yasuwe: 8731 1

Urukundo hagati ya The Ben n’umuhanzikazi nyarwanda Marina rwafashe indi ntera mu gihe Edsha we ahekuwe uwo yari...

Umuhanzi Nyarwanda Mugisha Benjamin ariko uzwi ku izina rya The Ben,arashinjwa n’umuraperi nawe w’umunyarwanda uzwi nka Edsha ngo kuba yaramutwariye umukunzi we Marina bari bamaze igihe kitari gito...
6 June 2017 Yasuwe: 15037 10

Bruce Melody agiye kujya ku rubyiniriro rumwe n’umuhanzi uri kubica bigacika muri iyi minsi ku isi Jason Derulo(AMAFOTO)

muhanzi ukomeye ku isi uzwi nka Jason Derulo ukora injyana ya POP na RnB ukunzwe cyane muri iyi minsi kubera indirimbo iri kubica bigacika yitwa Swalla agiye kugaruka kumugabane w’Afurika mugihugu...
6 June 2017 Yasuwe: 1790 1

Nyuma y’urupfu rw’uwahoze ari umugabo wa Zari hagaragaye undi mukobwa witwa Winnie bivugwa ko ngo nawe ari uwa Ivan yabyaranye...

Nyuma y’urupfu rwa Ivan Ssemwanga intambara yo kugabana imitungo yasize irakomeje , hari umwana w’umukobwa wagizwe ibanga bivugwa ko uyu mugabo yabyaye hanze. Ivan Ssemwanga yari umuherwe ufite...
6 June 2017 Yasuwe: 6303 2

Reba urutonde rw’Ibyamamare n’Ibyamamarekazi bagiye bahinduka babi cyangwa beza mu buryo butangaje ugereranyije nuko bari...

Mu bwiza cyangwa mu bubi , hari abantu b’ibyamamare bagiye bahinduka mu buryo budasanzwe ku miterere y’imibiri yabo, ibikorwa cyangwa n’ibindi nyuma y’imyaka runaka iba ishize. Aha rero...
6 June 2017 Yasuwe: 7425 1

Bishop Rugagi yagaragaye muri Israel yikoreye igikapu cyuzuye ibyifuzo by’ Abanyarwanda aho ngo yagiye kubisengera ku rukuta...

Bishop Rugagi Innocent umuyobozi w’itorero ry’abacunguwe mu Rwanda (Redeemed Gospel Church) yagiye mu gihugu cya Israel yikoreye igikapu cyuzuyemo ibyifuzo n’ibibazo by’Abanyarwanda, ajya...
6 June 2017 Yasuwe: 3732 6