Abantu 2 biyita abakozi b’Imana barimo uwitwa Tito n’umugore we Amanda Watts bari mu maboko ya polisi muri Afurika y’Epfo bakurikiranyweho gucuruza ibyangombwa bavuga ko ari ibyo kwinjira mu ijuru...
Umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filime ukomoka mu gihugu cya Nigeria akibera muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yakuriye inzira ku murima Abanyanigeria bamusaba kureka gukina filimi z’urukozasoni...
Umuhanzi Nyarwanda Mugisha Benjamin ariko uzwi ku izina rya The Ben,arashinjwa n’umuraperi nawe w’umunyarwanda uzwi nka Edsha ngo kuba yaramutwariye umukunzi we Marina bari bamaze igihe kitari gito...
muhanzi ukomeye ku isi uzwi nka Jason Derulo ukora injyana ya POP na RnB ukunzwe cyane muri iyi minsi kubera indirimbo iri kubica bigacika yitwa Swalla agiye kugaruka kumugabane w’Afurika mugihugu...
Nyuma y’urupfu rwa Ivan Ssemwanga intambara yo kugabana imitungo yasize irakomeje , hari umwana w’umukobwa wagizwe ibanga bivugwa ko uyu mugabo yabyaye hanze.
Ivan Ssemwanga yari umuherwe ufite...
Mu bwiza cyangwa mu bubi , hari abantu b’ibyamamare bagiye bahinduka mu buryo budasanzwe ku miterere y’imibiri yabo, ibikorwa cyangwa n’ibindi nyuma y’imyaka runaka iba ishize. Aha rero...