skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Niba ushaka ko buri wese yifuza ko wamubera umukunzi reba ibintu 12 utazitaho

1.Indoro Gerageza kureba mu buryo umuntu atabona ko ufite ubwoba cyangwa igihunga. Irinde guhumbaguza no kureba hirya no hino nk’aho hari ikintu urimo gushaka. Reba neza witonze. Indoro iri mu...
3 June 2017 Yasuwe: 6206 1

Mu karere ka Gicumbi umugabo akurikiranyweho kwica umugore we amutemaguye kugeza apfuye

Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi rwaburanishije urubanza Ubushinjacyaha bukurikiranyeho umugabo witwa Rutembeza Vincent icyaha cyo kwica umugore we .Uru rubanza rukaba rwabereye mu ruhame aho...
3 June 2017 Yasuwe: 2543 1

U Rwanda mu bihugu 15 byambere ku isi bifite abaturage benshi barya ntibahage(URUTONDE+UMUBARE)

Igishushanyo mbonera cy’imiririre muri Africa “Africa Nutrition Map” cyashyizwe ahagaragara n’Ubufatanye nyafurika mu Iterambere rya Africa ‘New Partnership for Africa’s Development (NEPAD)’ kuri...
2 June 2017 Yasuwe: 14983 23

Nyuma y’urupfu rw’uwahoze ari umugabo wa Zari,Diamond nawe ubu ubwoba ni bwose

Nyuma y’uko Yvan Ssemwanga wahoze ari umugabo wa Zari ubu usigaye yibanira na Diamond atabarukiye, ubu Diamond Platinumz ikidodo ni cyose kuko ngo afite ubwoba bwo kuba na we yapfa akisigira abana....
2 June 2017 Yasuwe: 11365 1

Habonetse ubundi buryo bwiza bwo kurebamo umukino wa nyuma wa Champions League nk’uhibereye

Monaco Café ikorera mu mujyi wa Kigali, yateguye uburyo bwo gushimisha abayigana by’umwihariko abakiliya babo bakunda kwirebera imipira yo ku mugabane w’u Burayi, ikaba yateguye uburyo izerekana mu...
2 June 2017 Yasuwe: 4935 2

Mu mafoto reba Indege idasanzwe kandi nini ku isi kurusha izindi yakozwe izajya yifashishwa mu kohereza ibyogajuru mu...

“Stratolaunch” izina ry’Indege nini kurusha izindi kw’Isi yakorewe imirimo ikomeye cyane yo kujya yifashishwa mu kohereza ibyogajuru mu kirere. Iyi ndege yakozwe n’umwe mu bashinze uruganda rwa...
2 June 2017 Yasuwe: 5241 0

Reba ubusumbane bukabije mu mishahara bukomeje guteza ikibazo muri Uganda

Komisiyo ishinzwe abakozi bal eta mu gihugu cya Uganda ikomeje kwotswa igitutu isabwa ibisobanuro ku busumbane bukomeje kugaragara mu mishahara y’abakozi aho ngo hari abayobozi bakuru mu nzego za...
2 June 2017 Yasuwe: 6266 11

Mugore niba wifuza umutuzo n’akanyamuneza mu rugo rwawe dore ibyo usabwa kwitwararika

Nk’uko bitangazwa na bamwe mu bamaze gushinga ingo abagabo benshi bemeza ko nyuma yo gushinga ingo abagore babo bitwara uko bashatse bitandukanye n’uko baba baritwaraga bakirambagizanya, ibi bikaba...
2 June 2017 Yasuwe: 5868 0

Kampala:Umukobwa w’umunyeshuli muri kaminuza ari mu mazi abira bitewe n’amafoto agaragaza ubwambure bwe(AMAFOTO)

Umunyeshuri wo muri Kaminuza ya Makerere yasabwe n’ubuyobozi bw’ikigo gusobanurira impamvu y’ifoto ye yagaragaye ku mbuga nkoranyabaga yambaye ibisa n’ubusa. Kuwa Gatanu hashyira kuwa Gatandatu...
1 June 2017 Yasuwe: 19604 5

Umuryango wa Dr Kizza Besigye wibasiwe kubera imyitwarire y’umuhungu we itiyubahishije(AMAFOTO)

Mu minsi ishize, nibwo umuhungu w’umunyepolitiki muri Uganda Dr Kizza Besigye, Anselm yasoje amasomo mu ishuri rya Choate Rosemary Hall, muri Kaminuza ya Oxford mu Bwongereza, mu muhango waranzwe...
1 June 2017 Yasuwe: 7135 1