skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Reba uburyo bwavumbuwe bwo guteramo akabariro butuma ubyara umwana w’igitsina wifuza

Mu by’ukuri intanga ngabo ivamo umuhungu itandukanye n’ivamo umukobwa. Bitaniye he? iyo usobanukiwe igisubizo, ubasha kugena igitsina cy’umwana uzabyara. Akenshi, kubw’amahirwe hari ubwo...
4 June 2017 Yasuwe: 13348 15

Abandi numva bavuga ngo umugore ararangiza mu gihe cyo gutera akabariro kandi nyamara njye sindarangiza na rimwe, umugabo...

Umugore utifuje ko amazina ye atangazwa yatwandikiye yifuza inama z’abasomyi b’urubuga umuryango.rw aho afite ikibazo cyo kuba atazi kurangiza uko bisa , gusa ikimubabaza ni uko yumva abandi bavuga...
4 June 2017 Yasuwe: 9089 29

Reba ikintu kibi kurusha ibindi umuntu ashobora guhurira nacyo mu rukundo

Urukundo ruraryoha, benshi bifuza kurubona no kuruhabwa kandi umuntu wese ashobora gukunda gusa n’ubwo rugira ibyiza byinshi rushobora no kugira ibibi nyamara abantu benshi usanga batabyibazaho...
4 June 2017 Yasuwe: 4825 3

Knowless Butera akomeje kugaragaraho ukunanuka kudasanzwe bikomeje no gutangaza abantu batari bake(AMAFOTO)

Umuhanzikazi Nyarwanda Butera Jeanne d’Arc uzwi ku izina rya Butera Knowless akomeje kwibazwaho n’abantu batari bake bamukurikiranira hafi ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye bitewe n’uburyo...
4 June 2017 Yasuwe: 14757 35

RWANDA:Reba ingano y’umushahara mushya wa Perezida w’u Rwanda, Abaminisitiri, Abadepite, Abasenateri, Guverinerinoma nibindi

Iteka rya Perezida N°004/01 ryo ku wa 16/02/2017 rigena ingano y’imishahara n’ibindi bigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b’Igihugu n’uburyo bitangwa, ryasohotse mu Igazeti ya Leta nimero idasanzwe yo...
4 June 2017 Yasuwe: 88039 35

Dore urugero n’ingano umukobwa akwiye kugarukiraho aca imyeyo n’ibyo umukobwa utaraciye imyeyo akwiye kwicuza

Gukuna/guca imyeyo ni igikorwa cyakorwaga mu muco nyarwanda ndetse n’ubu kikitabirwa na bamwe mu bakobwa, gusa hari igihe usanga bamwe bibaza igipimo bagakwiye kugarukiraho bakuna, Hari n’ingaruka...
4 June 2017 Yasuwe: 55741 21

Umuhanzikazi Nyarwanda Priscillah mu byishimo bidasanzwe nyuma yo guca agahigo katarakorwa n’abandi bahanzi Nyarwanda

Umuratwa Priscillah [Princess Priscillah ] umukobwa w’umunyarwandakazi ukorera umuziki muri Leta zunze ubumwe za Amerika aricinya icyara nyuma yaho indirimbo eshatu yaririmbye zimaze kurebwa...
4 June 2017 Yasuwe: 11574 4

Safi Madiba yatatswe bikomeye n’umukunzi we Parfine

Parfine wa Safi Madiba yahamije ko yamukunze kugeza n’ubu Ubukwe bwa Safi Madiba na Parfine ngo bushobora kuba muri uyu mwaka Urukundo rugeze aharyoshye hagati ya Safi Madiba n’umugore witwa...
3 June 2017 Yasuwe: 3244 0

Mu mafoto reba ubukwe bumaze guca agahigo ko kuvugwaho cyane n’abantu benshi(AMAFOTO)

Nta kindi gikomeje kuvugwa cyane no kuvugisha abantu benshi batandukanye amagambo uretse ubukwe bw’akataraboneka mu mateka y’isi bwabereye mu gihugu cya Uganda. .Ubukwe bw’abantu 200...
3 June 2017 Yasuwe: 7379 0

Reba umugore wajujubije abaturage abiba ihene ndetse akanamena n’amazu(AMAFOTO)

Abaturage bo mu karere ka Rwamagana baravuga ko babangamiwe n’umugore wari usanzwe azwiho kwiba ihene, ubu aramena inzu akiba ibikoresho byiganjemo imyenda n’inkweto. Nyiransengimana Beatrice ,...
3 June 2017 Yasuwe: 4774 4