Ikipe ya Rayon Sport na Ferwafa bifatanyije n’umuterankunga mukuru wa shampiyona y’u Rwanda Azam TV byamaze kwemeza ko ikipe ya Rayon Sport izahabwa igikombe cya shampiyona ku mukino uzayihuza na...
Christopher Maurice uzwi nka Chris Brown, umuhanzi wo muri leta zunze ubumwe za Amerika, uyu musore w’imyaka 28 y’amavuko yateguriye umukobwa we ibirori bidasanzwe ku isabukuru ye y’amavuko....
Nyuma y’uko hamenyekanye amakuru ko umuherwe Ivan Semwanga yapfuye bakamuhambana akayabo k’amafaranga ndetse n’ibindi bintu byy’agaciro, hari amakuru ko abantu bagerageje gucukura imva ye ngo...
Nakundaga umusore ariko we yifuza kunsambanya gusa. Nagerageje kumwangira ariko nzakunanirwa antera inda tuyikuramo none ndi kwicuza kuba naratakaje ubusugi
Mu mwaka wa 2011 nahuriye numuhungu...
The Ben yavuze kuri Dr Jack witabye Imana wamukoreye ibihangano bitandukanye.The Ben yanyuzwe n’akazi yakorewe n’aba Producers barenga umunani.The Ben ngo akazi kakozwe n’aba Producers icyenda...
Umukinnyi w’ icyamamare mu gukina amafilim Benjamin Geza Affleck-Boldt wamenyekanye nka Ben Affleck ku rwego rw’ Isi ari mu Rwanda mugihe hataramenyekana icyaba cyazanye uyu mugabo.
Uyu...