skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Byamaze kwemezwa ko igikombe cya Shampiyona Rayon Sports izagihabwa ku mukino wayo na Azam Fc

Ikipe ya Rayon Sport na Ferwafa bifatanyije n’umuterankunga mukuru wa shampiyona y’u Rwanda Azam TV byamaze kwemeza ko ikipe ya Rayon Sport izahabwa igikombe cya shampiyona ku mukino uzayihuza na...
1 June 2017 Yasuwe: 2858 4

KIGALI:Abashoferi bahawe amakarita akoze mu buryo bw’ikoranabuhanga azanjya agaragaza imyitwarire yabo ku bagenzi

Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, Dr. Nzahabwanimana Alexis, batangije...
1 June 2017 Yasuwe: 2149 2

Yifashishije abana bari mu kigero kimwe,Chris Brown yakoreye umwana we ikirori cy’isabukuru y’amavuko y’imyaka itatu...

Christopher Maurice uzwi nka Chris Brown, umuhanzi wo muri leta zunze ubumwe za Amerika, uyu musore w’imyaka 28 y’amavuko yateguriye umukobwa we ibirori bidasanzwe ku isabukuru ye y’amavuko....
1 June 2017 Yasuwe: 4435 1

Nkore iki ko iteka mba numva nshaka gukora imibonano mpuzabitsina?Rimwe ryaransajije pe!

Mfite imyaka 18, mbana n’ababyeyi banjye bose, Papa na Mama ariko buri gihe mba numva nshaka gukora imibonano mpuzabitsina. Nigeze kubikoraho rimwe n’umuhungu twiganaga ariko turangije Primaire...
1 June 2017 Yasuwe: 9571 33

Imva y’uwahoze ari umugabo wa Zari irinzwe bikomeye n’igipolisi cya Uganda(AMAFOTO)

Nyuma y’uko hamenyekanye amakuru ko umuherwe Ivan Semwanga yapfuye bakamuhambana akayabo k’amafaranga ndetse n’ibindi bintu byy’agaciro, hari amakuru ko abantu bagerageje gucukura imva ye ngo...
1 June 2017 Yasuwe: 6194 10

Ubuhamya bw’umukobwa w’umunyarwanda wahemukiwe n’umusore yari yarimariyemo ari nawe wamutwaye n’ubusugi

Nakundaga umusore ariko we yifuza kunsambanya gusa. Nagerageje kumwangira ariko nzakunanirwa antera inda tuyikuramo none ndi kwicuza kuba naratakaje ubusugi Mu mwaka wa 2011 nahuriye numuhungu...
1 June 2017 Yasuwe: 9510 39

Inkuru iteye agahinda y’umubyeyi wafashe impamyabumenyi y’umwana we umaze iminsi itatu apfuye(AMAFOTO)

Nyuma yo kwiga amashuri yisumbuye, akaza no kubona amanota meza amuhesha kwiga kaminuza, yaje kwitaba Imana mu buryo butunguranye atewe icyuma. ibi bikaba byabaye habura igihe gito ngo ahabwe...
31 May 2017 Yasuwe: 11691 3

Ibuka yasabye Leta kwiga kuri ba ‘Gafotozi’ badafata umunota wo kwibuka nk’abandi

Umuryango uharanira inyungu z’Abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi muri mata 1994, Ibuka,wasabye Leta kugira icyo ikora ku myitwarire y’Abanyamakuru bafotora akenshi batajya bafata...
31 May 2017 Yasuwe: 2261 4

The Ben yashimiwe ubumuntu yagize ubwo yashyiraga ahagaragara abantu 9 akesha kuba uwo ari we (AMAFOTO)

The Ben yavuze kuri Dr Jack witabye Imana wamukoreye ibihangano bitandukanye.The Ben yanyuzwe n’akazi yakorewe n’aba Producers barenga umunani.The Ben ngo akazi kakozwe n’aba Producers icyenda...
31 May 2017 Yasuwe: 7853 2

Ben affleck wamenyekaniye cyane ku isi muri Film yakunzwe cyane izwi nka Batman ubu nawe yageze mu Rwanda(AMAFOTO)

Umukinnyi w’ icyamamare mu gukina amafilim Benjamin Geza Affleck-Boldt wamenyekanye nka Ben Affleck ku rwego rw’ Isi ari mu Rwanda mugihe hataramenyekana icyaba cyazanye uyu mugabo. Uyu...
31 May 2017 Yasuwe: 2959 0