skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

UBUHAMYA:Gashugi washinze FDLR yishimira ko ubu ari umunyamuryango wa FPR-Inkotanyi

Gashugi Faustin wahoze ari umusirikare mu ngabo zatsinzwe akaba n’umuwe mu bashinze umutwe w’abarwanyi wa FDLR yishimira ko ubu ari umunyamuryango wa FPR-Inkotanyi kandi ngo yishimiye ubuzima...
31 May 2017 Yasuwe: 4551 11

Zimwe mu nyubako zitangaza abazireba ku isi harimo niyo mu Rwanda(AMAFOTO)

Mu buzima bwacu hari igihe dukenera kureba ibintu byiza cyane cyane ibiryoheye ijisho, kuva kubintu bisanzwe kugeza ku mazu dutuyemo cyangwa dukorera mo. Hari ibintu ukurikije ubwiza n’ubuhanga...
31 May 2017 Yasuwe: 13153 9

Menya byinshi utaruzi ku gihugu cya Australia kimwe mu bihugu kizwiho guturwaho n’abimukira benshi kurusha ibindi

Igihugu cya Australia ni kimwe mu bihugu byiza kandi bifite ubuzima bwiza muri rusange ndetse kikanaza ku mwanya wa 6 Nyuma y’Uburusiya, Canada, Ubushinwa, USA ndetse na Brazil. Iki gihugu...
31 May 2017 Yasuwe: 4379 0

Umuherwe Ivan Ssemwanga bamushyinguranye amafaranga mu gihe Zari we amarira yari yamurenze(AMAFOTO)

Ivan Ssemwanga umugabo wari umuherwe mu gihugu cya Uganda, yashyinguwe kuri uyu wa Kabiri taliki ya 30 Gicurasi 2017 mu gace avukamo ahitwa Kayunga muri Uganda.icyatangaje abantu ni imva y’uyu...
31 May 2017 Yasuwe: 8400 6

Reba ibaruwa iteye agahinda cyane Regis Kamugisha yandikiye umugore we wapfanye n’abana babo babiri "Teta na Olga"...

Ku munsi w’ejo tariki 29 Gicurasi 2017 nibwo hashyinguwe umugore n’abana 2 ba Regis Kamugisha baguye mu mpanuka yabaye kuwa gatandatu, ibera mu makoni y’umuhanda wa Shyorongi, ihitana abantu 14...
30 May 2017 Yasuwe: 37603 97

Amagambo Zari yavuze yatumye umuryango w’uwahoze ari umugabo we bari bagiye gushyingura bamusaba imbabazi(AMAFOTO)

Mu gihe kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 gicurasi ari bwo umurambo wa Ivan Don Ssemwaga wagezwaga mu gihugu cya Uganda ugasezerwaho mu rusengero n’inshuti n’abavandi mwe Zari yagize icyo avuga ku...
30 May 2017 Yasuwe: 15276 5

ADEPR yabonye umuvugizi mushya, menya abagize komite nyobozi nshya y’ iri torero

Inteko rusange ya ADEPR yateraniye muri Dove Hotel y’iri torero iherereye ku Gisozi, ku murongo nyamukuru w’ibyigwa hakaba harimo gutora abayobozi b’iri torero basimbura abandi bamaze igihe...
30 May 2017 Yasuwe: 6039 17

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusenga kiyisilamu "Gusari" bivura uburibwe bw’umugongo

Ubushakashatsi bwakorewe muri kaminuza ya Binghamton University mu mujyi wa New York bwerekanye uburyo bukorwa n’Abayisilamu basenga bwitwa ‘ Salat ’ buvura uburibwe bw’umugongo bukanagorora...
30 May 2017 Yasuwe: 1551 10

Burundi: Hari imiryango itarahawe ingurane yubatse nyakatsi ahubakwa ingoro ya perezida

Imiryango ine yo mu gihugu cy’u Burundi, yasubiye aho yirukanwe mu kibanza kiri kubakwamo ingoro nshya ya perezida Nkurunziza ahitwa Gasenyi, ihashinga inzu za nyakatsi zo kubamo ivuga ko yabuze...
30 May 2017 Yasuwe: 1645 0

Ariana Grande agiye gusubira i Manchester mugikorwa cyo kwegeranya inkunga yababuriye ababo mu gitero cyahabereye

Umuhanzikazi Ariana Grande, uba muri Amerika yatangaje ko ashaka gusubira mu mujyi wa Mancherster mu Bwongereza, aho azaba agiye mu gikorwa cyo kwegeranya inkunga yo guha ababuze ababo mu gitero...
30 May 2017 Yasuwe: 716 0