skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Tom Close yatangaje ubwoko bw’umukobwa bakundanye mbere ya Tricia nyuma akamutera n’indobo abitewe n’umugore...

Umuhanzi Nyarwanda Muyombo Thomas ariko uzwi ku izina rya Tom Close yatangaje umukobwa bakundanye mbere yuko amenyana na Tricia ndetse avuga nuburyo yaragiye gushwana nawe kubera uwo mukobwa...
25 May 2017 Yasuwe: 12807 7

Iyumvire ubuhamya bw’umukobwa n’umusore b’Abanyarwanda kubera gushakira hamwe ubuzima byatumye urukundo rwa bombi rugurumana...

Umukobwa ufite umukunzi benda kubana muri iyi mpeshyi,yaduhaye ubuhamya bw’urukundo rwabo mu ncamake, burimo uko bamenyaniye ku ishuri bigana ,nyuma bagakorana umushinga ubazanira inyungu bakaza...
25 May 2017 Yasuwe: 8738 11

Nasanze umwana wanjye w’imyaka 17 ari gusambanira mu rugo none nabuze icyo nakora neza pe...Mungire Inama kuko njye ndumva...

Nitwa Beatrice, nifuje nanjye kubandikira cyane cyane ngisha inama ababyeyi bashobora kuba basura uru rubuga kugira ngo ngire ibitekerezo bitandukanye ku buryo narera umwana wanjye w’umuhungu uri...
25 May 2017 Yasuwe: 17120 28

Umugabo n’abana be batatu bari mu bitaro bya masaka nyuma yo gutunga agatoki no kwica inzoka eshatu hanyuma iya kane...

Umugabo n’abana batatu barembeye mu bitaro bya Masaka mu karere ka Kicukiro nyuma y’uko bishe inzoka zigera kuri eshatu zari zaje mu rugo rwabo.Umugore w’uyu mugabo urembye avuga ko yatunguwe no...
25 May 2017 Yasuwe: 15544 23

Ku nshuro ya mbere indege ya Rwandair izerekeza ku mugabane w’i burayi mu mujyi wa London

Ku nshuro ya mbere indege yo mu bwoko bwa A330 yakiriwe mu Rwanda umwaka ushize n’Ikigo Nyarwanda gikora ubwikorezi bw’indege, RwandAir, izerekeza ku mugabane w’u Burayi mu mujyi wa Londres mu...
25 May 2017 Yasuwe: 863 1

Umuhanzi w’indirimbo zaririmbiwe Imana "Gospel" yatangaje abantu ubwo yahamyaga ko asengera abapfuye...

Umuririmbyi akaba n’umuhimbyi w’indirimbo zaririmbiwe Imana, David Kojo Kyei, wamenyekanye nka Kaywa ukomoka mu gihugu cya Ghana, yatangaje abantu benshi ubwo yemezaga ko afite impano idasanzwe yo...
25 May 2017 Yasuwe: 1919 0

Impfura ya Apotre Gitwaza yarangije amashuli yisumbuye muri Amerika mu gihe umuhererezi we yahanuriwe ko we azaba Perezida...

Apotre Dr. Paul Gitwaza uyobora Authentic Word Ministries n’itorero rya Zion Temple Celebration Center ku Isi, kuri ubu ngo atewe ishema n’impfura ye yasoje amashuri y’isumbuye muri Amerika, nyuma...
24 May 2017 Yasuwe: 5694 10

Rayon Sports yandikiye ibaruwa Ferwafa iyisaba guhabwa igikombe cya Shampiyona ku mukino bafitanye na mukeba wayo APR...

Ikipe ya Rayon Sports FC yandikiye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) isaba ko igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere yamaze gutwara yazagishyikirizwa ku mukino ifitanye na...
24 May 2017 Yasuwe: 1641 2

Uburanga n’ impano nizo turufu umuhanzikazi “MARINA” azanye mu muziki(AMAFOTO YE)

Marina ubusanzwe ufite amazina y’ababyeyi ya UWASE Ingabire Marina bakunze kwita Deborah,akaba yinjiye mu ruhando rw’abahanzikazi Nyarwanda ku myaka 20 y’amavuko ndetse akaba ahamya ko iturufu ye...
24 May 2017 Yasuwe: 6697 18

Kayitare 100Pitie umunyarwanda w’umunyarwenya yashyize hanze amashusho y’utundi dukino 5 dusekeje...

Umusore w’Umunyarwanda witwa KAYITARE Pitie ariko umenyerewe ku izina rya 100Pitie afite impano idasanzwe yo gusetsa mu buryo bushya abinyujije mu dukino duto dusekeje kandi tutarengeje n’umunota...
24 May 2017 Yasuwe: 2639 0
0 | ... | 7240 | 7250 | 7260 | 7270 | 7280 | 7290 | 7300 | 7310 | 7320 | ... | 7410