skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Imyiteguro y’ubukwe bwa King James irakomeje aho yamaze no kwereka umuryango mw’ibanga umukobwa bateganya kubana(AMAFOTO)

Umuhanzi Ruhumuriza James wamenyekanye cyane mu muziki nka King James ari mu myiteguro yo gushaka umugore ariko abihisha itangazamakuru. Mu minsi ishize nibwo ikinyamakuru umuryango.rw...
21 May 2017 Yasuwe: 17846 16

Dore urutonde rw’ibyamamare/kazi 5 muri Filimi bimaze imyaka ijana muri sinema mpuzamahanga(AMAFOTO)

Nkuko no mu bindi byiciro habamo urutonde rw’abantu bafite umwihariko wabo mu guhuza ikintu runaka (urugero: abakuru b’ibihugu bakomeye, abagore beza ku isi, abafite amafranga menshi, ….) Aha...
20 May 2017 Yasuwe: 2613 0

Dj Pius niwe wabimburiye abandi bahanzi Nyarwanda gucururiza indirimbo ku rubuga rwa Diamond Platnumz(AMAFOTO)

Umuririmbyi Diamond yatangiye gucururiza indirimbo z’abahanzi nyarwanda ku rubuga yashinze kuri murandasi rwitwa Wasafi.com rucuruza indirimbo z’abahanzi bo muri afurika. Diamond [ubusanzwe witwa...
20 May 2017 Yasuwe: 2043 0

Dore amayeri 9 abakobwa bize basigaye bakoresha iyo bagiye gusura abahungu badashaka gukorana imibonano mpuzabitsina nabo

Hari uburyo umuntu wese yitwara mu bibazo , abakobwa benshi bitondera cyangwa batinya gusura abahungu ku nshuro ya mbere kuko baba bibwira ko bashobora kugwa mu mutego wo kuryamana nabo, kubera iyi...
20 May 2017 Yasuwe: 22093 7

Dore ibintu 10 utagomba kwibagirwa gukorera umukunzi wawe igihe murangije gutera akabariro maze akajya ahora akuvuga ibigwi

Mu gutera akabariro, abantu bamwe iyo bamaze kugirana ibihe byiza n’abakunzi babo cyangwa abafasha babo akenshi bahita basinzira nk’aho akazi kabakarangiye. Ariko igihe umaze kurangiza icyo kikorwa...
20 May 2017 Yasuwe: 16012 5

Igikomangomakazi cyo mu Buyapani kigiye gushyingirana n’umusore udafite inkomoko y’Ibwami(AMAFOTO)

Igikomangomakazi Mako agiye gushyingiranwa na Kei Komuro Mubuyapani igikomangomakazi Mako agiye gukora ibintu bidasanzwe ashyingiranwa n’umukozi wo mubiro by’ubwunganizi mu by’amategeko. Uyu Kei...
20 May 2017 Yasuwe: 2325 1

Rose Muhando n’umuryango we bahunze igihugu cya Tanzania abitewe n’ubusambanyi bw’agahato(AMAFOTO)

Umuhanzikazi mu ndirimbo zihimbaza Imana ukomoka muri Tanzania yerekeje mu gihugu cya Kenya aho agiye gutura ahunga ubwicanyi ashaka gukorerwa n’umugabo yanze ko bakorana imibonano mpuzabitsina...
20 May 2017 Yasuwe: 4284 0

Jay Z na Beyonce mu bayoboye urutonde rwa Couples z’ibyamamare zifite amafaranga menshi ku isi(AMAFOTO)

Umuhanzi w’umuraperi Jay-Z n’umugore we Beyonce ubu batangiye kubarirwa mu bantu bacye batunze amafaranga agera kuri miliyari y’amadorali ku Isi ndetse bikaba binavugwa ko ubu ariyo Couple ubu ya...
20 May 2017 Yasuwe: 2166 0

Christopher yasobanuye icyamuteye kujya kwiibana kandi nyamara yaramaze imyaka irenga 20 aba iwabo. (AMAFOTO)

Umuhanzi Nyarwanda Muneza Christopher,wamenyekaniye mu njyana ya RnB na Pop nyuma y’imyaka irenga 20 yose aba iwabo byaje kurangira nawe ahisemo kunjya kwibana ndetse aranasobanura n’impamvu...
19 May 2017 Yasuwe: 6150 4

Myugariro wa APR FC "Rusheshangoga" agiye kwerekeza mu ikipe izajya imuhemba miliyoni Ebyiri nigice ku kwezi(AMAFOTO)

Ikipe ya Singida United yo muri Tanzania yarangije kumvikana na myugariro wa APR FC kuzamugura amadorali ibihumbi 50 ubwo umwaka wa shampiyona uzaba ushojwe. Singida United yo muri Tanzania,...
19 May 2017 Yasuwe: 3761 0