Umugabo ukomoka mu gihugu cya Israeli, Yossi Ben Yair usanzwe afite inkomoko mu muryango w’Umwamikazi Esiteri wamenyekanye cyane mu mateka ya Bibiliya yitabiriye umuhango wo kwimika Apôtre Raymond...
Roger Moore wamenyekanye cyane muri Cinema ubwo yakinaga muri Filime yitwa James Bond , yitabye Imana kuri uyu munsi azize indwara ya kanseri nk’uko byatangajwe n’umuryango we umuhora hafi.
Kuri...
Umuhanzikazi w’umunyamerikakazi Ariana Grande yahagaritse urugendo rw’ibitaramo yari kuzakorera mu bihugu bitandukanye ku Isi yise “The Dangerous Woman Tour” , Nyuma y’uko abagera kuri 22 barimo...
Kunuka mu kanwa buriya ntabwo ari ikintu cyiza,kuko ushobora no guhabwa akato mu nshuti zawe yewe ikaba n’intandaro yo kutarambana n’umukunzi wawe,nyamara nubwo biba ku bantu ntabwo nabo baba...
Umugore w’imyaka 53 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza witwa Caroline Cartwright,Urukiko rwo mu Bwongereza rwamutegetse ko areka kuzanjya asakuriza abaturanyi mu gihe ari gukora imibonano...
Paul Sanyangore, umupasiteri wo muri Zimbabwe yatunguye abayoboke b’idini rye ubwo bari mu materaniro afata telefoni ye igendanwa ahamagara Imana aho iri mu ijuru baravugana.
Muri icyo kiganiro...