skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Umunya-Israel ufitanye isano n’umwamikazi Esther wo muri Bibiliya yagaragaye mu Rwanda(AMAFOTO)

Umugabo ukomoka mu gihugu cya Israeli, Yossi Ben Yair usanzwe afite inkomoko mu muryango w’Umwamikazi Esiteri wamenyekanye cyane mu mateka ya Bibiliya yitabiriye umuhango wo kwimika Apôtre Raymond...
24 May 2017 Yasuwe: 3277 2

Icyamamare muri Sinema mpuzamahanga wamenyekanye nka James Bond yitabye Imana(AMAFOTO)

Roger Moore wamenyekanye cyane muri Cinema ubwo yakinaga muri Filime yitwa James Bond , yitabye Imana kuri uyu munsi azize indwara ya kanseri nk’uko byatangajwe n’umuryango we umuhora hafi. Kuri...
24 May 2017 Yasuwe: 2088 0

Abagera kuri 20 harimo n’abana nibo bantu bapfiriye mu gitaramo umuhanzi w’Umunyamerikakazi Ariana Grande yari yakoresheje...

Umuhanzikazi w’umunyamerikakazi Ariana Grande yahagaritse urugendo rw’ibitaramo yari kuzakorera mu bihugu bitandukanye ku Isi yise “The Dangerous Woman Tour” , Nyuma y’uko abagera kuri 22 barimo...
23 May 2017 Yasuwe: 1611 0

Reba ubwoko 7 bw’ibiribwa byagufasha mu kugira impumuro nziza no mu kanwa heza kuburyo ushobora kuvugana n’umukunzi wawe useka...

Kunuka mu kanwa buriya ntabwo ari ikintu cyiza,kuko ushobora no guhabwa akato mu nshuti zawe yewe ikaba n’intandaro yo kutarambana n’umukunzi wawe,nyamara nubwo biba ku bantu ntabwo nabo baba...
23 May 2017 Yasuwe: 10789 1

Reba impamvu 4 utaruzi zituma ikibuno kinini cy’umukobwa kitavana umuhungu mubye

Ahanini igitsina gore kiba cyumva cyakora ibishoboka byose ngo kigire ikibuno kinini ndetse n’abandi bagafuhira cyane abafite icyo kibuno kinini,yewe na bamwe mu bagore bagifite bibwira ko byose...
23 May 2017 Yasuwe: 15335 10

Dore aya magambo 7 y’urukundo ugiye uyabwira umugabo wawe yagukunda by’iteka

Ubundi buri mugabo aho ava akagera akunda umugore umwitaho ndetse akagerageza no kumumenyereza kuzajya amubwira amagambo aryohereye ku buryo amunyura ndetse akamukora k’umutima kuko nkubwije ukuri...
23 May 2017 Yasuwe: 5662 0

Umugore yihanangirijwe n’urukiko kubera urusaku aba afite mugihe cyo gutera akabariro(AMAFOTO)

Umugore w’imyaka 53 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza witwa Caroline Cartwright,Urukiko rwo mu Bwongereza rwamutegetse ko areka kuzanjya asakuriza abaturanyi mu gihe ari gukora imibonano...
23 May 2017 Yasuwe: 9869 5

Abahanzi Radio na Weasel baburiwe irengero nyuma yo kumenya ko bashakishwa

Radio na Weasel,abahanzi bo gihugu cya Uganda bagize itsinda ryitwa Goodlife bari gushakishwa uruhindu aho kuri ubu bashyiriweho impapuro zibata muri yombi nyuma y’aho banze kwitaba urukiko inshuro...
23 May 2017 Yasuwe: 1833 0

Pasiteri yaterefonnye Imana ari mu iteraniro abayoboke baratungurwa [VIDEO]

Paul Sanyangore, umupasiteri wo muri Zimbabwe yatunguye abayoboke b’idini rye ubwo bari mu materaniro afata telefoni ye igendanwa ahamagara Imana aho iri mu ijuru baravugana. Muri icyo kiganiro...
23 May 2017 Yasuwe: 7223 10

Menya bimwe mu biranga umuhungu utajenjeka mu rukundo

Kuba mu rukundo bitandukanye no gukunda by’ukuri,Iteka usanga umutu uzi gukunda ariwe ukundwa kandi urukundo rwe rukarama, kandi agahora iteka yifuza kuba yakundwa na buri wese. Mukobwa menya ko...
23 May 2017 Yasuwe: 11049 0