skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Mu mafoto reba urutonde rw’abanyamidelikazi 10 bakize kurusha abandi ku isi(AMAFOTO)

Ku Isi, akazi ko kumurika imideli ni kamwe mu mirimo yiganjemo abagore cyane ku Isi, ni umwe mu mirimo itavunanye kandi ihemba amafaranga atari makkuko amasosiyete menshi y’acuruza ibijyanye...
10 June 2017 Yasuwe: 3306 0

Gs Gitarama yasobanuriwe imikorere ya Drones zitwara amaraso (AMAFOTO)

Abanyeshuri biga mu kigo cya GS Gitarama mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga basuye umushinga witwa Zipline basobanurirwa imikorere y’indege za “Drones” zifashishwa gukwirakwiza amaraso ku...
10 June 2017 Yasuwe: 939 1

Mbigenze nte koko ko umusore ndusha imyaka icumi ashaka kunyinjira?Gusa byo nkeneye umugabo ariko nanone numvaga ntifuza uriya...

Ndi umugore w’abana 2 napfakaye mu gihe nari ntwite umwana wa 2 icyo gihe nari mfite imyaka 29. Naje guhura n’ubuzima bugoye urumva kurera abana wenyine, dore ko ntanakazi nagiraga umugabo mbere...
10 June 2017 Yasuwe: 5331 25

Diamond n’itsinda rye ryose rya Wasafi bagiye kuza gutaramira Abanyarwanda

Kuya 2 Nyakanga 2017 nibwo biteganyijwe ko umuhanzi Diamond Platnumz azataramira i Kigali afatanyije n’itsinda ryubatse amateka ku Isi muri muzika rya Morgan Heritage. Diamond na Morgan Heritage...
10 June 2017 Yasuwe: 1450 0

Reba urutonde rw’abakinnyi 10 bakize kurusha abandi ku isi muri uyu mwaka

Ikinyamakuru cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Forbes Magazine , cyashyize hanze urutonde rw’abankinnyi bakize cyane ku Isi aho Cristiano Ronaldo, rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid ari we...
9 June 2017 Yasuwe: 12876 2

Uganda: Batatu baguye mu mirwano bapfa ubutaka abandi benshi barakomereka

Kuwa Gatatu w’iki cyumweru, abantu 3 bo mu gace ka Juka gaherereye mu karere ka Amuru muri Uganda basize ubuzima mu mirwano itoroshye y’abapfaga amasambu, mu gihe abandi bagera kuri 21 bakomeretse...
9 June 2017 Yasuwe: 1266 0

Uwiyita umuhanuzi w’Imana akurikiranyweho gusambanya abana 6 yahawe nk’impano(AMAFOTO)

Umugabo witwa Lee Kaplan w’imyaka 51 y’amavuko, ukomoka muri leta ya Pennsylvania akurikiranyweho gusambanya abana 6 b’abakobwa yari yarahawe nk’impano mu rusengero rwe, abahawe n’ababyeyi ba bo...
9 June 2017 Yasuwe: 5123 8

Indwara ya Monophobia yo kudatandukana na Telefone yibasiye abatari bake muri ibi bihe,Reba ingaruka mbi zishobora kukubaho...

Ese waba ukoresha telefoni? Uyikoresha ku ruhe rugero? Uramenye utazashiduka wisanga mu bibazo by’imbaturamugabo, nyuma yo kutamenya byinshi ku ngaruka mbi zishobora kukubaho nyuma yo kwibera...
9 June 2017 Yasuwe: 7723 11

Umwana wagaragaye udafite umunwa n’akananwa akomeze gutangaza isi yose(AMAFOTO)

Mu gihugu cy’ubu Russia habonetse umwana w’imyaka itatu utagira umunwa n’akananwa ukomeje kubabaza buri umwe umukubise amaso. Uyu mwana yitwa Darina Shpengler ni umurusiyakazi uba mu gace ka...
9 June 2017 Yasuwe: 7954 3

Zari ari gushinjwa urupfu rw’umuherwe Ivan ndetse no kumwitirira se w’abana be

Zari Hassan akomeje gushinjwa kugira uruhare mu rupfu rwa Ivan Ssemwanga n’umuryango wa Ssemwanga wahoze ari umugabo we nyuma bagatandukana akabana n’umuhanzi Diamond Platnumz. Ibibazo byabaye...
9 June 2017 Yasuwe: 5941 0