skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Kompanyi ya Pfizer na BioNTech zatangaje urukingo rushobora kurinda Covid-19 ku kigero cya 90%

Kompanyi za Pfizer na BioNTech zatangaje ko isesengura ry’ibanze ryerekanye urukingo rwa mbere rushobora kurinda umubiri w’umuntu kwandura Covid-19 ku kigero cya 90%.
9 November 2020 Yasuwe: 845 0

Kanye West yemeye nta mananiza ko yatsinzwe mu matora ya Perezida wa Amerika

Uyu muraperi w’imyaka 43 yemeye ko yatsinzwe nyuma yuko ishyaka rye yise ‘Birthday Party’ ribonye amajwi 60,000 gusa mu majwi agera kuri miliyoni 160 yose hamwe ryashoboraga kubona.
9 November 2020 Yasuwe: 1831 0

Ibyo wamenya kuri Luleka umwana muto wabyaye afite imyaka 8 gusa

Luleka Mzizi ni umwana w’umukobwa w’imyaka umunani, yibarutse umwana umeze neza. ababyeyi be ntibigeze bamenya ko atwite kugeza babonye umwana n’amaso yabo yombi ubwo yari amaze kuvuka.
9 November 2020 Yasuwe: 12091 1

Abanyeshuri 20 bo mu ishuri ryisumbuye bafashwe bari gusambanira mu macumbi y’abakobwa

Abanyeshuri bagera kuri 20 biga mu ishuri ryisumbuye rya Loreto i Silobela, mu Ntara ya Midland, bahagaritswe nyuma yo gufatwa n’intoki bakora “imibonano mpuzabitsina” mu icumbi ry’ishuri.
9 November 2020 Yasuwe: 39959 1

Bobi Wine yahawe izina rishya rya Musinguzi

Umuyobozi mukuru akazaba anahagarariye ishyaka NUP mu matora y’umukuru w’igihugu ataha muri Uganda, Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, kuri ubu muri Ankole bamaze kumuha izina...
9 November 2020 Yasuwe: 1540 0

Mushiki wa Diamond yatandukanye n’umugabo baherutse gukora ubukwe mu mezi atatu ashize

Mushiki w’umuhanzi wo muri Tanzaniya Diamond Platnumz, Esma Platnumz (Esma Khan), asa nk’aho yamaze gutandukana n’umugabo we Yahya Msizwa nyuma y’amezi atatu gusa bashyingiranywe.
9 November 2020 Yasuwe: 3575 0

Zari Hassan yakuyeho urujijo ku byo gusubirana na Papa w’abana be ’Diamond Platnumz’ bahuje urugwiro muri iyi minsi

Umuherwekazi ukomoka mu gihugu cya Uganda, Zari Hassan, yakuyeho umwuka w’ibihuha byavugwaga ko agarutse muri Tanzaniya gusubirana na papa w’abana be, umuhanzi Diamond Platnumz.
9 November 2020 Yasuwe: 7849 0

Umugore uzajya ageza saa mbili z’ijoro atari mu rugo azajya ahanwa i Burundi

Umuyobozi wa Komini ya Ruhororo, Mamert Birukundi yategetse ko abagore bagomba kuba bageze mu rugo bitarenze saa mbili z’ijoro bitaba ibyo bagahanwa n’amategeko.
8 November 2020 Yasuwe: 4330 0

Diamond Platnumz yajyanye Zari n’abana be gusura inzu ye y’agatangaza

Mu minsi mike ishize, Zari Hassan hamwe nabana be bahagurutse muri Afurika y’Epfo berekeza i Dar es alam muri Tanzania gusura se w’abana Diamond Platnumz.
8 November 2020 Yasuwe: 19138 1

Umugabo yirukiye kuri sitasiyo ya Polisi ari kurira nyuma yo kugubwa gitumo asambana n’umugore w’umusirikare

Habayeho ikinamico nyuma yuko umugabo yateye kuri sitasiyo ya polisi i Embakasi muri Kenya arira, asaba ubufasha, nyuma yo kugubwa gitumo asambanya umugore w’umusirikare mukuru wa Kenya (KDF).
8 November 2020 Yasuwe: 10637 2