Joe Biden yongeye kuvuga ko yizeye intsinzi mu gihe bigaragara ko ari kwegereza gutsinda Donald Trump mu matora ya perezida w’Amerika yabaye ku wa kabiri.
Mu gihe akomeje gushinja Komisiyo ishinzwe amatora muri amerika ko yamwibye amajwi, Donald Trump, yatangiye gufatirwa ibyemezo na televiziyo zikomeye ndetse n’imbuga nkoranyambaga muri Amerika.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 05 Ugushyingo, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Kigali yafashe Hakizimana Emmanuel w’imyaka 24, aracyekwaho gushikuza Himbaza...
Abirabura benshi n’andi matsinda mato muri Amerika bumva nta mutekano mu gihe bayobowe na Donald Trump. Nyamara perezida w’Amerika ntacyo yakoze ngo abizeze umutekano wabo. Mu bihe byashize, yanze...
Kuva Paul Rusesabagina yatangira kuburana yunganirwaga n’abanyamategeko babiri yahawe n’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda kuri ubu bavuye muri uru rubanza rwe, bikaba byamuhaye umukoro wo gushaka abandi.
Ibihumbi by’Abanya-Tanzania bongeye kuzura imihanda yo muri iki gihugu, ubwo Umunya-Uganda Zari Hassan yasesekaraga i Dar es Salaam ari kumwe n’abana be babiri abajyanye guhura na papa wabo,...