Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo Mme Ingabire Paula ari mu Banyafurika 100 bashyizwe ku rutonde rw’abavuga rikijyana kurusha abandi. Mu Banyafurika 100 batoranyijwe, harimo Abanyarwandakazi...
Denise Bidot,umukobwa uri mu rukundo n’umuraperi Lil Wayne yahamije ko atishimiye kuba uyu mukunzi we ashyigikiye Perezida Donald Trump mu matora ahanganyemo na Joe Biden.
Kuri uyu wa kane mu gitondo, Perezida John Magufuli wa Tanzania yarahiriye manda ya kabiri nyuma yo gutsinda amatora yo mu cyumweru gishize n’amajwi 84%.
Ku gicamunsi cyo kuwa gatatu kuri kaminuza yigenga ya Kigali Institute of Management University (KIMU) i Kanombe umunyamakuru yahasanze abarinzi gusa, hari nyuma y’itangazo rivuga ko ihagaritse...
Abakobwa b’ingufu n’amabandi yambura akanakubita abaturage, agakingirwa ikibaba n’inzego zikora irondo ni kimwe mu bibazo byugarije abaturage bo mu Mudugudu w’Agatare , mu Kagali ka Nyabugogo,...
Lt. Gen. Henry Tumukunde, umwe mu bahatanira kuyobora Uganda, yigeze gutangaza ko ashobora kuzikura mu matora igihe hari ibyo abona bitagenda neza bikorwa n’ishyaka NRM riri ku butegetsi muri Uganda.
Agathe Kanziga Habyarimana, umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana , kuri uyu wa kabiri tariki 3 Ugushyingo yagejejwe mu rukiko rw’i Paris kugira ngo abazwe ku ruhare...
Mu gihe muri Uganda imyiteguro y’amatora y’Umukuru w’Igihugu irimbanyije, umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda akaba n’Umujyanama we wihariye mu by’umutekano, Lt. Gen Muhoozi...