skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Hamisa Mobetto yagurishije impano yari yarahawe na Diamond

Hamisa Mobetto yagurishije impano yari yarahawe na Diamond y’Imodoka yigurira indi modoka nshya.
1 November 2018 Yasuwe: 3265 0

Ibibi byo kwifotoza amafoto agaragaza ubwambure bwawe ukayoherereza umukunzi wawe

Umuvuduko w’iterambere ry’isi uri kugenderaho ujyana nuw’ ikoranabuhanga muri rusange. Muri iki gihe telefoni zigezweho zifasha abantu mu itumanaho zigenda ziyongera. Gusa akenshi usanga abakobwa...
1 November 2018 Yasuwe: 4213 0

Nyamirambo: Camera zahinduye ubuzima bw’abakobwa bakora akazi k’uburaya i Matimba

Camera zishyirwa ku mihanda ibarizwa I Nyamirambo ahazwi nk’ I Matimba ngo zahinduye ubuzima bw’abakobwa bakora akazi k’uburaya aho kuri ubu kano gace gasigaye karangwamo umutekano usesuye.
1 November 2018 Yasuwe: 3052 1

Ese haba hari abitana ba "Cherie" na "Chou chou" kubera uburyarya?

Mu gihe indimi z’amahanga zigenda zikwira mu Rwanda, amagambo mashya akavuka, ni nako abashaka kubwirana amagambo y’urukundo basya batanzitse mu gushaka anogeye abakunzi babo no kubanezeza, nyamara...
1 November 2018 Yasuwe: 3085 1

Nigeria: Dogiteri yatandukanyije impanga 2 zavutse zifatanye

Dogiteri witwa Nuhu Kwajafa muri Nigeria yatandukanyije impanga 2 zavutse zifatanye igihimba.
31 October 2018 Yasuwe: 1172 0

Cristiano Ronald ayoboye urutonde rw’abakurikirwa n’abantu benshi kuri Instagram

Cristiano Ronald kuri ubu ayoboye urutonde rw’ibyamamare bikurikirwa n’abantu benshi ku rubuga rwa instagram aho yakuyeho umuhanzikazi Selena Gomez wari uruyoboye igihe cy’imyaka 3.
31 October 2018 Yasuwe: 840 0

Shaddy Boo ngo ntiyizeye ko azongera gushaka umugabo

Kuri uyu wa Mbere nibwo Mbabazi Shadia uzwi nka ShaddyBoo yahaye umwanya abafana be kugira ngo bagire ibibazo bamubaza ,mu bibazo bitandukanye yabajijwe benshi bakomoje ku buzima bwe bwite aho umwe...
31 October 2018 Yasuwe: 2701 0

Nick Minaj yashyize ku mbuga nkoranyambaga amafoto yambaye mu buryo budasanzwe

Nick Minaj yashyize hanze amafoto yiyambitse mu buryo budasanzwe ubwo bafataga amashusho y’indirimbo Dip yahuriyemo n’umuraperi Tyga.
31 October 2018 Yasuwe: 1782 0

Kanye West agiye kugaruka mu gihugu cya Uganda

Godfrey Kiwanda Suubi Umuyobozi mukuru mu bijyanye n’Ubukerarugendo mu gihugu cya Uganda yatangaje ko mu kwezi kwa Mutarama 2019 ,umuraperi Kanye West azagaruka muri Uganda.
31 October 2018 Yasuwe: 663 0

Dore uburyo busigaye bukoreshwa n’abasore mu gihe bashaka kubenga abakobwa

Mu bintu abasore bakoresha bashaka kubenga abakobwa harimo nko gutangira kubasaba ko baba inshuti ,ndetse no kugaragaza ko akiri umwana mu rukundo ndetse n’ibindi.
31 October 2018 Yasuwe: 4145 0