skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Umukinnyi wa Rayon Sports wagaragaye akubita umugeri umufana wa Sunrise yemeye icyaha asaba n’imbabazi

Gusaba imbabazi bibaye nyuma yuko Rayon Sports yatsinze Sunrise 2-1 mu mukino w’umunsi wa 3 wa Shampiyona , Azam Rwanda Premier League 2018/2019. Muri uyu mukino, Caleb Bon Fils ahawe ikarita...
3 November 2018 Yasuwe: 1599 0

Marina yisubiyeho ku cyemezo yari yarafashe cyo kureka gukora indirimbo z’amashusho

Marina yavuze ko yabitewe n’igitutu cy’abafana aricyo cyatumye ava ku izima agakora amashusho y’indirimbo ye ‘Log Out’.
3 November 2018 Yasuwe: 523 0

Benita ukina mu runana ngo Bruce Melody aramutse ahagaritse umuziki byamubabaza cyane

Umukinnyi w’ikinamico Urunana ukina witwa Benitha akaba akina ari mukuru k’uwitwa Mutesi aho baba babyarwa n’umukinnyi w’ Urunana Mariyana yatangarije Isango dukesha iyi nkuru ko akunda umuziki...
3 November 2018 Yasuwe: 1630 0

Indirimbo zanjye zimaze kubaka ingo nyinshi nanjye urwanjye ni vuba –King James

King James yavuze ko iminsi yo kubaka urugo rwe agashaka umugore ko yegereje.
3 November 2018 Yasuwe: 688 0

Gusomana, intandaro yo gusambana no gutwara inda kuri bamwe mu bakobwa batuye mu mujyi wa Kigali

Bamwe mu bategarugori n’abakobwa, bo mu Rwanda, cyane cyane abatuye mu mujyi wa Kigali, iyo muganiriye byimbitse bakubwira bemeza ko igikorwa cyo gusomana, cyagiye kigusha benshi b’intwari muribo...
2 November 2018 Yasuwe: 4697 1

Umunyarwandakazi Ketty Nation yamaganiye kure abavuga ko yiyambika ubusa kuko ngo biramutunze

Ketty Nation uzwi ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko abantu bavuga ko yiyambika ubusa ku mbuga nkoranyambaga batazi icyo bimumariye ndetse ngo babaye babizi ntabwo bavuga ko yiyambika ubusa. Yavuze...
2 November 2018 Yasuwe: 3436 0

Meddy ashobora gukorana indirimbo n’umuhanzi Diamond

Meddy yatangaje ko yerekeje muri Tanzania aho agiye gukorerayo ikintu kidasanzwe.
2 November 2018 Yasuwe: 1061 0

Nana watewe inda na Diamond agiye kwibaruka

Kim Nana wakundanye n’umuhanzi Diamond agiye kumubyarira umwana.
1 November 2018 Yasuwe: 4367 0

Zari Hassan yakoze igikorwa kishimiwe na benshi

Zari Hassan yafunguye ivuriro muri Afurika y’Epfo ryitwa Brooklyn Health Academy rizajya rihugura abanyeshuri mu bijyanye n’ubuganda.
1 November 2018 Yasuwe: 2755 1