Mu mafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga harimo agaragaza amafoto y’umusore wafashe nyina ku ngufu, amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga ,amafoto agaragaza Diamond na Meddy bari kumwe...
Nyina wa Hamisa Mabetto ari mu byishimo byinshi nyuma yuko umukobwa we afashe icyemezo cyo guhagarika umubano afitanye na Diamond ngo yamuteraga umwaku akamubuza imigisha.
King James yavuze ko yongeye gusubika igitaramo cyo kumurika album ye nshya cyari giteganyijwe mu kwezi k’ Ukuboza uyu mwaka aho yavuze ko byatewe nuko yashakaga kureba uburyo bwiza umuntu yabikora...
Niyirora Nshongore Divic wabaye Mister Elegancy Rwanda 2018 yamaze kwemezwa nk’uzahagararira u Rwanda mu irushanwa rya Mister Africa International rizabera muri Nigeria.