Ali Kiba yavuze ko atazitabira igitaramo cya Wasafi Festival cyateguwe na Diamond kuko ngo nawe azaba arimo kwamamaza ikinyobwa cye kitwa Mofaya muri Canada ahubwo amwizeza ko azamubera...
Miss Anastasie yavuze ko kwambara bikini abitewe nuko yari amategeko y’irushanwa ndetse ko yakoze icyo yasabwaga gukora kuko aribyo basabwe kandi ko n’umuryango we ntakintu byari bibatwaye ngo ibi...
Miss Uwase Vanessa yavuze ko Atari umu ‘Slay Queen’ bamwe mu bakobwa birirwa ku mbuga nkoranyambaga bacugusa amabuno ahubwo atangaza ko kuri ubu arajwe ishinga no gukarishya ubwenge ndetse ko...