skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Kwambara ikariso n’isutiye ntabwo ari ibintu bidasanzwe kuri njye –Djazila

Djazila yavuze ko abashyinzwe gutoranye umukobwa uzahagararira u Rwanda muri Miss Supranational bari bamuzi neza ko yambara Bikini ngo kuko ngo bajya no kumusaba ko yahagararira u Rwanda...
13 November 2018 Yasuwe: 2434 0

Amafoto yaciye ibintu: Uburyo abakobwa bo muri Tanzania bakoresha bongera amabuno yabo buratangaje [AMAFOTO]

Mu mafoto yaciye ibintu turasangamo agaragaza uburyo abakobwa bo muri Tanzania bakoresha kugirango babone amabuno ,amafoto ya Supersexy,amafoto y’umukobwa witwa Claudette yambaye bikini.
13 November 2018 Yasuwe: 5020 0

Nyina wa mushiki wa Diamond arafunzwe

Nyina wa Queen Darleen ubusanzwe ufitanye isano na Diamond ryo kuba bahuje se afungiye mu gihugu cy’Ubushinwa kubera icyaha cyo gucuruza ibiyobyabwenge.
13 November 2018 Yasuwe: 1485 0

Bruce Melody yafashe umwanzuro ukomeye kubera umubyihubo udasanzwe afite

Bruce Melody kuri ubu ari gukora imyitozo ngorora mubiri kubera umubyibuho ukabije ndetse n’ibiro afite.
13 November 2018 Yasuwe: 1166 0

Meddy yahishuye abandi bahanzi bakomeye yifuza gukorana nabo indirimbo

Meddy yavuze ko mu bahanzi bandi yifuza gukorana nabo indirimbo harimo abo muri Wasafi Records , Ben Pol, Ali Kiba n’umuhanzikazi Vanessa Mdee.
13 November 2018 Yasuwe: 599 0

Mico The Best yavuze ku rugendo ateganya rwo kujya gusura umukobwa bakundana

Mico yatangaje ko mu mezi atatu ari imbere azafata rutema ikirere akajya gusura umukunzi we witwa Akeshia utuye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.
13 November 2018 Yasuwe: 580 0

Kizito Mihigo yakomoje ku ndirimbo ‘Mu buroko’bivugwa ko ariwe yahimbiwe akiri muri gereza

Kizito Mihigo yavuze ko uwo umuhanzi wayiririmbye atamuzi gusa nanone ko bishoboka ko yaba ariwe watumye agira inganzo [Inspiration] yo kuyikora.
13 November 2018 Yasuwe: 1350 0

Diamond na Rayvanny bashobora gufungwa bitewe n’indirimbo bashyize hanze

Indirimbo Mwanza Diamond yafatanyije na Rayvanny yamaze guhagarikwa gucurangwa muri Tanzania kubera amagambo y’urukozasoni yumvikanamo aho bivugwa ko aba bombi bashobora gufungwa cyangwa bagacibwa...
12 November 2018 Yasuwe: 2229 0

Meddy utegerejwe mu Rwanda yatangaje ikintu akumbuye cyane kurusha ibindi

Meddy yasabye abafana be ko bamwakiriza amandazi ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe.
12 November 2018 Yasuwe: 1146 0

Buravan yatangaje umuntu wamuhishuriye ko ashobora kwegukana Prix Découvertes

Yvan Buravan yavuze ko Ben Kayiranga ariwe wamushishikarije kujya mu marushanwa ya Prix Découvertes.
12 November 2018 Yasuwe: 1077 0