skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Nyirabukwe wa Humble Jizzo yageze i Kigali [AMAFOTO]

Nyirabukwe wa Humble Jizzo yageze mu Rwanda aho aje gutaha ubukwe bw’umukobwa we AmyBlauman buteganyijwe kuba taliki ya 24 Ugushyingo 2018, aho buzabera ku Nkengero z’ikiyaga cya Kivu mu Karere ka...
17 November 2018 Yasuwe: 2120 0

Inyogosho yitiriwe Miss Iradukunda Liliane irimo guca ibintu mu mujyi wa Kigali

Mu mujyi wa Kigali bamwe mu bantu biharaje inyogosho yitiriwe Miss Iradukunda Liliane aho Anita Pendo kuri ubu abarizwa mubayiyogoshesheje.
17 November 2018 Yasuwe: 8624 0

Umunyamakuru Ginty umaze imyaka 2 akoze ubukwe atwite inda y’imvutsi

Umunyamakuru Ginty umaze imyaka 2 akoze ubukwe yashyize hanze ifoto igaragaza ko ari hafi yo kwibaruka umwana we w’imfura.
17 November 2018 Yasuwe: 2514 0

Amafoto yaciye ibintu: Umukobwa yatunguranye ajya ku rubyiniro atambaye ikariso [AMAFOTO]

Mu mafoto yaciye ibntu ku mbuga nkoranyambaga turasangamo agaragaza umukobwa wagiye ku rubyiniro atambaye ikariso ,amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga, amafoto y’umuntu wibye indabo...
17 November 2018 Yasuwe: 7148 1

Patient Bizimana wasabwe gukora ubukwe bitarenze uyu mwaka imyiteguro igeze he?

Patient yavuze ko atitaye ku gitutu cy’abantu bamusaba gukora ubukwe, ko ahubwo ategereje ijwi ry’Imana.
17 November 2018 Yasuwe: 1312 1

Mu buzima harimo ‘ice cream’ na ‘bombo’ ariko hashobora no kubamo urusenda n’amahwa-Anita Pendo

Anita Pendo yagiriye inama bagenzi be b’igitsina gore babenzwe n’abagabo babo ko batagomba gucibwa intege n’ibibakomerera mu buzima kuko ngo ntawe ugera kucyo yifuza mu buzima atavunitse.
17 November 2018 Yasuwe: 1798 0

Meddy yatangaje abandi bahanzi 5 yifuza gukorana nabo indirimbo

Meddy yatangaje ko yifuza gukorana indirimbo n’abahanzi barimo Davido ,Tiwa Savage,Wizkid, Patoranking ,Diamond ndetse n’abandi bahanzi bafite izina hano muri Afurika.
17 November 2018 Yasuwe: 889 0

ShaddyBoo yavuze ko ashaka kuba umuhanzi bamuha urwamenyo

ShaddyBoo abinyujije kuri instagram yabajije abafana be icyo bamutekereza ho aramutse abaye umuhanzi bamwe bamwibutsa ko kubyina ntaho bihuriye no kuririmba ahubwo ko yavamo umubyinnyi mwiza.
16 November 2018 Yasuwe: 2445 0

Polycarp wo muri Sauti Sol yakoze ubukwe mu ibanga rikomeye

Polycarp umwe mu basore bagize itsinda rya Sauti Sol yakoze ubukwe mu ibanga n’umukobwa bakundanye imyaka 5 witwa Lady Mandy ukomoka mu gihugu cy’Uburundi.
16 November 2018 Yasuwe: 1564 0

Green P yatangaje akayabo k’amafaranga yatangaga buri munsi agura mugo,kokayine n’urumogi

Green P yavuze ko ku munsi yarageze aho agura ibiyobyabwenge bihagaze amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 20,000frw kugira ngo agure ibiyobyabwenge birimo mugo,kokayine n’urumogi kugira ngo yumve ko...
16 November 2018 Yasuwe: 2131 0