skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Juda Muzik itsinda ryazamuwe na Uncle Austin ririshimira intambwe rimaze gutera

Itsinda rya Juda Muzik ryazamuwe n’umuhanzi Ancle Austin kuri ubu ririshimira intambwe rimaze gutera rikesha uyu muhanzi ndetse akaba n’umunyamakuru mu Rwanda.
16 November 2018 Yasuwe: 303 0

Amafoto yaciye ibintu: Umukobwa yakubitiwe ku karubanda azira gusangira umugabo na nyirabuja

Amafoto yaciye ibintu turasangamo agaragaza umukobwa wakubitiwe ku karubanda, umugabo washyingiranywe n’indogobe ye ,amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’ayandi.
16 November 2018 Yasuwe: 9146 0

Green P umaze igihe kirenga umwaka afungiwe mu inzu ngo yaciye ukubiri n’ibiyobyabwenge

Green P yatangaje amaze igihe kirenga umwaka mu rugo iwabo arimo kwitabwaho kubera ingaruka mbi yawe no kunywa ibiyobyabwenge bitandukanye.
16 November 2018 Yasuwe: 2177 0

Umunyamidelikazi Sidika yavuze kimwe mu bintu byamutandukanyije n’umukunzi we Brown

Yavuze ko atigeze yifuza kumushyigira mu bikorwa by’umuziki mu gihe abandi bamubwiraga ko ashoboye we akamuca integer amubwira yabihagarika.
16 November 2018 Yasuwe: 1355 0

Ifoto Iradukunda Liliane yashyize hanze yavugishije umuherwe wo muri Uganda

Umushabitsi mu gihugu cya Uganda uzwi nka Frank Gashumba yakuruwe n’ubwiza bwa Nyampinga w’u Rwanda Iradukunda Liliane kubera ifoto yashyize hanze igaragaza ubwiza n’ikimero cye.
15 November 2018 Yasuwe: 7801 1

Gahima Ella Bright wavukanye uburwayi bukomeye yajyanwe kuvurirwa muri Kenya

Umwana witwa Gahima Ella Bright wavukanye uburwayi bukomeye bikaba ngombwa ko ababyeyi be bamutabariza kubera amikoro macye kuri ubu uyu mwana yajyanwe kuvurirwa mu gihugu cya Kenya.
15 November 2018 Yasuwe: 2003 0

Namaze igihe kirekire nziko Sauna/Massage ari Resitora -Theo Bosebabireba

Theo Bosebabireba yatangaje ko yamaze igihe kirekire atambuka ahantu hamanitse icyapa cya Sauna/Massage akagira ngo ni muri Resitora.
15 November 2018 Yasuwe: 1962 0

Umunyabigwi M’bilia Bel akaba n’umwamikazi wa Rumba agiye kuza mu Rwanda

Umuhanzikazi M’bilia Bel ukomoka muri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo agiye kuza i Kigali gutaramira abakunzi be mu gitaramo cya teguwe na Kigali Jazz Junction.
15 November 2018 Yasuwe: 1189 0

Amafoto yaciye ibintu: Abakobwa 2 barwanye bambikana ubusa bapfa ko bose bateretwa n’umusore umwe [AMAFOTO]

Mu mafoto yaciye ibintu turasangamo agaragaza abakobwa barwany bapfa umusore ,amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’ayandi ,amafoto y’ababyina bacuguza ikibuno mu buryo budasanzwe.
15 November 2018 Yasuwe: 5537 0

Theo Bosebabireba yagize icyo avuga ku makuru yamuvuzweho ko yateye umukobwa w’abandi inda

Theo yavuze ko nawe ari umuntu kandi yakosa ndetse ashimangira ko ababazwa n’abantu babifata uko bitari kandi batazi ukuri kwabyo niba aribyo cyangwa ataribyo.
15 November 2018 Yasuwe: 2600 0