skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Diamond yakoreye igikorwa cy’indashyikirwa umukobwa bakundanye bwa mbere

Diamond yatanze ubufasha bwo kuvuza Hawa wari umukunzi we wa mbere ndetse uyu mukobwa akaba ariwe yanakoresheje mu mashusho y’indirimbo ye yise Ntarejea.
11 November 2018 Yasuwe: 2929 1

Amafoto yaciye ibintu: Imyambaro bamwe mu bakobwa biyambika bagiye mu bitaramo isigaye itangaza benshi [AMAFOTO]

Bamwe mu bakobwa bitabira ibitaramo mu bihugu bitandukanye duturanye nabyo kuri ubu usigaye usanga buri wese yambaye umwenda udasanzwe benshi bita ko ishotorana.
10 November 2018 Yasuwe: 7422 0

Eddy Kenzo yagize icyo abwira abantu bamuhoza ku nyeke bamusaba ko arongora

Eddy Kenzo yasabye abantu bamuhoza ku nyeke bamubwira kurongora ko bamureka wenyine akabanza akiyitaho neza ko mu gihe nyacyo gikwiye azabereka uwo bagomba kurushingana.
10 November 2018 Yasuwe: 860 0

Mushiki wa Diamond yagize icyo avuga ku rukundo rwa Hamisa n’umusore bari mu rukundo

Esma yavuze ko yishimiye umukunzi mushya wa Hamisa Mobetto nyuma yo kumenya ko musaza we atajya arambana n’abakobwa mu rukundo.
10 November 2018 Yasuwe: 1693 0

Ese koko Makonikoshwa yarakennye agera aho abura amafaranga yo gukora indirimbo?

Makonikoshwa yavuze ko atakennye kugera aho abura amafaranga yo gukora indirimbo ndetse avuga ko mu cyumweru kiri imbere arashyira hanze indirimbo ye nshya yise Merina iri kumwe n’amashusho yayo.
10 November 2018 Yasuwe: 2472 0

Indirimbo ‘Malwede‘ abantu babyina bitura hasi irimo guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga[AMAFOTO]

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa indirimbo yitwa ‘Malwede‘ ituma abantu bitura hasi mu gihe barimo kuyibyina.
10 November 2018 Yasuwe: 2628 1

Davis D yatangaje umuhanzikazi nyarwanda abona akarabya indimi kubera ubwiza bwe

Davis D yavuze ko mu bahanzikazi nyarwanda yibonamo Charly umwe mu bakobwa bagize itsinda ryitwa Charly na Nina.
10 November 2018 Yasuwe: 2544 0

King James yatangaje ahantu azatura namara kurongora

King James yavuze ko namara gukora ubukwe azatura I Musanze kubera ko ari agace yakunze kandi kabamo amahumbezi.
9 November 2018 Yasuwe: 3507 0

Amafoto yaciye ibintu: Umukobwa uvuga ko ariwe rukumbi ufite amabere meza ku isi yongeye gutungura abamukurikira ayabereka

Mu mafoto yaciye ibintu turasangamo ay’umukobwa ufite amabere meza ku isi, amafoto y’umukunzi mushya wa Hamisa,amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’ayandi.
9 November 2018 Yasuwe: 13300 0

Hamisa Mobetto yashyize hanze amafoto agaragaza umusore uri kumuhoza amarira yatewe na Diamond

Hamisa yashyize hanze amafoto agaragaza ari kumwe n’umusore kuri ubu bari mu rukundo rw’ibanga.
9 November 2018 Yasuwe: 1444 1