Indirimbo Adi Top kuri ubu imaze ukwezi kumwe isohotse yaciye agahig ko kuba imaze kurebwa n’abantu barenga miliyoni ku rubuga rwa Youtube rushyirwaho amashusho y’indirimbo.
Charly yavuze ko Davis D ari umwana ufite ejo heza hazaza ndetse ko ari umuhanzi ugerageza kugera ikirenge mucyo bagezemo amusaba kudacika intege mu rugendo rwe rwa muzika.
Umunyarwandakazi Umutoni Joyeuse waruhagarariye u Rwanda mu marushanwa ya Miss Africa Arizona 2019 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye igisonga cya mbere.