Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 7 Ukwakira 2018 ku isaha ya saa 10 z’ijoro ,nibwo Nyampinga w’u Rwanda Iradukunda Liliane yerekeje mu gihugu cy’Ubushinwa aho agiye kwitabira amarushanwa...
Abahanzikazi babiri barimo Akothee na Victoria Kimani babinyujije kuri Instagram batangaje ko abagabo bakomoka muri Nigerians na Luhyas ko aribo bagira ibitsina binini.
Rihanna yasabye Trump guhagarika gucuranga indirimbo ze nyuma yuko imwe mu ndirimbo ze yumvikanye iri gucurangwa mu bikorwa byo kwamamaza abakandida b’aba Republicain.
Uwamahoro Yvonne utoranya abakobwa uhagararira u Rwanda mu irushanwa rya Miss Supranational yavuze ko gushyira amafoto hanze yambaye ubusa biri mu byatumye uyu mukobwa akurwa mu irushanwa ndetse ko...