Hababajintwari David, amaze kwandika izina mu gutwara moto bitewe n’udukoryo tudasanzwe ayikoraho ndetse no kuyitwara mu buryo benshi bavuga ko ari amayobera.
Umugabo wo mu mugi wa Kashmar muri Iran kuri uyu wa Gatatu yakubiswe ibiboko 80 mu ruhame kuko ngo ubwo yari afite hagati y’imyaka 14 na 15 yanyweye inzoga kandi bitemewe muri Iran. Icyo gihe ngo...
Iki ni igitekerezo cyatanzwe n’umusomyi wacu aho avuga ko kuba umusore yabanye n’umugore ku munsi wa mbere bagiye gutera akabariro agasanga yarasambanye n’abagabo benshi.