skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Amber Rose mu munyenga w’urukundo n’umusore bahararanye [AMAFOTO]

Umunyamideli Amber Rose ari mu munyenga w’urukundo n’umukunzi we bahararanye ahamya ko amuha ibyishimo atahabwa na buri umwe wese ubonetse.
28 August 2018 Yasuwe: 1562 0

Nyina wa Diamond yishimiwe na benshi bitewe n’ibyo yakoreye umwana wa Hamisa Mobetto

Nyina wa Diamond yafashe umwana wa Hamisa wabyaranye na Diamond amujyana gusura nyirakuru na nyirasenge ndetse bigaragara ko Dylan yishimiwe cyane mu muryango wa Diamond.
28 August 2018 Yasuwe: 6094 0

Chameleone uri mu bahanzi bakize muri Afurika y’iburasirazuba yerekanye umuturirwa ari kubaka

Jose Chameleon abinyujije kuri Facebook yashyize hanze inzu y’umuturirwa arimo kubaka.
28 August 2018 Yasuwe: 2842 0

Bebe Cool yatanze miliyoni 60 z’amashiringi yo kuvuza abana 5 barwaye indwara y’umutima

Umuhanzi Bebe Cool yatanze Miliyoni 60 z’amashiringi ya Uganda zo kuvuza abana barwaye indwara y’umutima mu gihugu cy’Ubuhinde.
27 August 2018 Yasuwe: 571 0

Hari abagore bashinja abagabo babo ko aribo batuma batagira amavangingo

Bamwe mu bagabo bivugwa ko baca inyuma abo bashakanye bitewe n’impamvu zitandukanye zirimo no kuba abo bashakanye batagira amavangingo (Liquide Vaginal) mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Kuri ubu...
27 August 2018 Yasuwe: 7448 1

Dore icyo impuguke zivuga ku gusohora vuba kw’abagabo n’uko byakira kimwe n’abagore batagira amavangingo

Abagabo batari bacye biyiziho kudahaza abagore babo mu gihe cyo gutera akabariro usanga iyo bageze mu ngo zabo bigira intare ngo abagore babo babatinye babure uko babaganiriza ku kibazo...
27 August 2018 Yasuwe: 5982 1

Umukobwa ukunzwe n’abagabo benshi muri Kenya yageze mu Rwanda mu ibanga [AMAFOTO]

Corazon Kwamboka umukobwa ukunzwe kubera uburanga bwe yagaragaye mu Rwanda kuri Hoteli ya Des Mille Collines aho yarari mu cyumweru cyo kwishimira isabukuru ye y’amavuko.
27 August 2018 Yasuwe: 8241 1

Intekerezo zanjye zirenze iza Bobi Wine wabaye umudepite -Bebe Cool

Bebe Cool yatangaje ko intekerezo ze zirenze iza Bobi Wine wabaye umudepite mu inteko ishinga amategeko mu gihugu cya Uganda .
27 August 2018 Yasuwe: 808 0

Justin Bieber yakoze igikorwa cyateye benshi kwemeza ko afite amafaranga menshi

Umuhanzi Justin Bieber yongeye kuvugisha benshi mu bafana be ubwo yatangazaga ko yamaze kugura inzu y’akataraboneka muri Canada ihagaze agaciro ka Miliyoni eshanu z’amadorali y’Amerika.
27 August 2018 Yasuwe: 2254 0

Big Fizzo yapfushije sekuru

Nyuma y’amasaha make akoze ubukwe Bib Fizzo yatangaje ko ababajwe n’urupfu rwa sekuru abinyjije kuri Instagram .
27 August 2018 Yasuwe: 865 0