Marina yanyomoje ko atwite avuga ko ababitangaza atazi aho babikura ndetse ko impamvu yatumye ahagarika kongera gukora video azabitangaza mu minsi iri imbere.
Umuhanzi Israël Mbonyicyambu yishimiye ko umubyeyi we yagendeye mu ndege bwa mbere mu buzima bwe mu gihe ngo yahoraga amubaza uko biba bimeze iyo umuntu ari mu ndege iri mu kirere.
Umuhanzikazi nyarwanda Magaly Pearl kuri ubu ubarizwa muri Leta zunzu ubumwe z’amerika mu gihe habura iminsi micye ngo ashyire hanze indirimbo ye nshya yashyize hanze amwe mu mafoto yambaye mu...