Uko iterambere ryihuta niko abakobwa n’abagore barushaho gukaza umurego wo kugendana naryo mu bigendanye no kwiyambika imyenda igezweho muri icyo gihe ndetse n’ibindi bishamikiye kuriryo.
Umuraperi A.Y uri mu babirambyemo muri Tanzania yamaze kugura inzu mu gace gatuwe n’ibyamamare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ahitwa Calabasas mu Mujyi wa Los Angeles.
Chris yavuze ko impamvu yatumye ava muri Just Family aruko itsinda ritari rifite intego ndetse agatunga agatoki mugenzi we Bahati ko ariwe nyirabayazana wa byose kuko yajyaga yigana imikono...
iba uri umukobwa/umugore ukaba wifuza kumenya uko wahindura imiterere n’ubunini bw’amabuno yawe ni ngombwa ko umenya ibintu bigena ubunini ndetse n’imiterere y’urukenyerero.