Pasiteri Shema Christian wo mu itorero rya Redeemed Gospel Church yatangaje ko mu gihe umuntu afite ijambo Imana yamubwiye adakwiye guhangayikishwa n’ubuzima bw’ahazaza kuko icyo Imana yavuze uko...
Abaganga bo muri Desert Medical Center muri Arizona ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri ubu baritegura kubyarira mu gihe kimwe bitarenze mu kwezi kwa Nzeri 2018 na Gashyantare 2019.
Urukiko rw’Ikirenga muri Leta ya Pennsylvania imwe mu zigize Leta zunze Ubumwe za Amerika, rwasohoye raporo y’abihayimana ba Kiliziya Gatolika basaga 300 bashinjwa gusambanya no gufata ku ngufu...