Umunyamideli wo mu gihugu cya Kenya witwa Mahbuba Mammadzada w’imyaka 23 y’amavuko, yashyize ku isoko ubusugi bwe, akaba asaba ibihumbi 90 by’amadolari ku mugabo waba wifuza kuryamana na we.
Bamwe mu bagore bibwira ko abagabo bakunda abakobwa b’inzobe gusa bamwe mu bagabo bavuga ko gukunda k’umuntu bitava ku ruhu ahubwo bareba ubwiza bw’umuntu karemano utitaye ku kuba yarasize amavuta...
Ese ko magingo aya bamwe mu banyarwandakazi biharaje kwambara imyenda igaragaza bimwe mu bce byabo by’ibanga bakavuga ko kubyambara ari uburenganzira bwabo , ubu mu gihe kizaza bazajya bambara gute.
Ibigaragarira amaso ya rubanda ku isi hose ni uko abasore cyangwa abagabo bagaragara nk’abantu badakeneye kwitabwaho, guteteshwa, kurindwa, n’utundi tuntu tw’udukino benshi bibwira ko twagenewe...