skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Umukobwa yeruye ku mugaragaro ko ari kugurisha ubusugi bwe asaga miliyoni 79 z’amanyarwanda

Umunyamideli wo mu gihugu cya Kenya witwa Mahbuba Mammadzada w’imyaka 23 y’amavuko, yashyize ku isoko ubusugi bwe, akaba asaba ibihumbi 90 by’amadolari ku mugabo waba wifuza kuryamana na we.
25 August 2018 Yasuwe: 2461 0

Diamond yatangaje impamvu yahishaga Zari ko yaryamanye na Mobetto akamutera inda

Diamond yavuze ko yabikoraga kugirango asigasire urukundo yakundaga Zari.
25 August 2018 Yasuwe: 22229 0

Ese koko abagabo bakunda abagore b’inzobe ?

Bamwe mu bagore bibwira ko abagabo bakunda abakobwa b’inzobe gusa bamwe mu bagabo bavuga ko gukunda k’umuntu bitava ku ruhu ahubwo bareba ubwiza bw’umuntu karemano utitaye ku kuba yarasize amavuta...
24 August 2018 Yasuwe: 5137 0

Amabanga 15 abakobwa bashobora gukoresha kugirango bagire amabere meza ateze nk’imitemeri

Kwambara ibintu biyafata , kutikorere ibiremereye ,Kuryamira ikintu gitambitse ugashyira amaguru yawe ,Kwirinda ibiryo bikungahaye cyane kuri poroteyini ibi ni bimwe mu bya tuma ugira amabere meza...
24 August 2018 Yasuwe: 5211 0

Ese mu bihe bizaza bamwe mu banyarwandakazi bazajya bambara bate?..Ngo ni ubwigenge bwo guhanga imideli!

Ese ko magingo aya bamwe mu banyarwandakazi biharaje kwambara imyenda igaragaza bimwe mu bce byabo by’ibanga bakavuga ko kubyambara ari uburenganzira bwabo , ubu mu gihe kizaza bazajya bambara gute.
24 August 2018 Yasuwe: 4128 0

Hamisa yatangaje ikintu yifuza ko Diamond amukorera kugirango amurongore

Hamisa yavuze ko Diamond niyemera ko azita ku bana be babiri nakabuza bazahita bakora ubukwe.
24 August 2018 Yasuwe: 1850 0

Jay Polly yahanishijwe igihano cyo gufungwa amezi atanu

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwakatiye Jay Polly igihano cyo gufungwa amezi atanu kubera icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umugore we.
24 August 2018 Yasuwe: 1679 0

Mu gihe ukiranukira Imana n’iyo waba usa n’ingagi yo mu Birunga ugira igikundiro - Pasiteri Hotense

Pasiteri Hortense Mazimpaka uyobora itorero rya Believers Worship Center aravuga ko gukorera Imana bituma umuntu agira igikundiro kabone n’ubwo yaba asa n’ingagi yo mu ishyamba ngo atona ku mwami...
24 August 2018 Yasuwe: 1512 4

Abagore benshi bibeshya ko abagabo babo badakeneye ibi bintu ariko babikunda kubi

Ibigaragarira amaso ya rubanda ku isi hose ni uko abasore cyangwa abagabo bagaragara nk’abantu badakeneye kwitabwaho, guteteshwa, kurindwa, n’utundi tuntu tw’udukino benshi bibwira ko twagenewe...
24 August 2018 Yasuwe: 5055 0

Nkunda umugabo wubatse , ni smart shahu , ariko sinzi ko azanyemera : MBIGENZE NTE ?

Mbanje kubiseguraho ngo mutanseka ko naba narubahutse umugabo w’abandi . Mfite imyaka 26 y’amavuko ndi umukobwa umaze umwaka nsoje amashuri ya kaminuza mu ishami ry’ubukerarugendo muri Kenya.
24 August 2018 Yasuwe: 5640 9