skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Umunyamakuru Mutara Eugene warumaze amezi macye akoze ubukwe yitabye Imana

Eugene Rugambwa Mutara wakoreye The New Times guhera muri 2003 kugeza muri 2011, yitabye Imana ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki 26/08/2018 azize uburwayi.
26 August 2018 Yasuwe: 10631 2

Dore ibintu 7 ukwiye kwirinda kubwira umukunzi wawe

Abajyanama mu mibanire n’abafite ibyo bazi ku rukundo, bakunze guhuriza ku kuba abakundana bakwiye kwizerana no kutagira na kimwe bakingana.
26 August 2018 Yasuwe: 4152 0

Umusaza yahuye n’akaga mu bukwe ubwo yaruraga inyama igisiga kikayitwara [AMAFOTO]

Umugabo ukomoka muri Uganda yahuye n’akaga nyuma yo kwiyarurira inyama mu bukwe igisiga kikayimutwara ku isani.
26 August 2018 Yasuwe: 5758 0

Njuga arenda gusazwa n’urukundo akunda umunyamakurukazi wa Tv 1

Njuga uzwi muri filime nyarwanda yatangaje ko akunda umunyamakurukazi wa Tv1 Aime Beaute Mushashi urukundo ruzira uburyarya.
26 August 2018 Yasuwe: 6782 1

Habonetse agace kabarizwamo abagabo bavuga ururimi rutandukanye n’urw’abagore

Mu gihugu cya Nigeria mu gace kazwi nka Ubang aho uhasanga abagore bafite amagambo yabo y’umwihariko bagomba gukoresha ndetse n’abagabo bakagira ayabo kuburyo ntawateshukwa ngo akoreshe ururimi...
26 August 2018 Yasuwe: 2183 0

Umugeni yavunitse amaguru ku munsi w’ubukwe ubwo yabyinaga indirimbo akunda

Umukobwa witwa Lyndsey yavunitse ku munsi w’ubukwe ubwo bashyiragamo indirimbo akunda agahaguruka ashaka ko ayibyinana n’umugabo we.
26 August 2018 Yasuwe: 2249 0

Bidasubirwaho Oswald na Ramesh bamaze kuva kuri City Radio kubera ubwumvikane bucye n’ubuyobozi

Mutuyeyezu Oswald umaze igihe atumvikana kuri radiyo yari asanzwe akoraho yatangaje ko ubwumvikane buke n’ubuyobozi bwa City radio aribwo bwatumye asezera kuri iyi radiyo yerekeza kuri Radio10 na...
25 August 2018 Yasuwe: 7669 0

Ingabire Habibah yashyize hanze amafoto agaragaza ikimero cye

Ingabire Habibah yasakaje amafoto ye kuri instagram agaragaza ikimero cye.
25 August 2018 Yasuwe: 6024 0

Davis D na Lydia bakundanaga baratandukanye ?

Urukundo rwa Davis D n’umukobwa witwa Lydia usanzwe agaragara mu ndirimbo z’abahanzi batandukanye mu Rwanda rushobora kuba rwararangiye bucece.
25 August 2018 Yasuwe: 2403 0

Ipirawu yatumye abagore n’abagabo barwanira kurira igipangu ngo badacurwa ku muceri n’inyama [AMAFOTO]

Ubwo hizihizwaga umunsi mukuru w’igitambo ( Eid al-Adha) bamwe mu baturage bo muri Kenya buriye ibipangu ngo badacurwa ku muceri n’inyama bitekwa.
25 August 2018 Yasuwe: 2545 0