skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Umugabo wanjye yambwiye ko azanyirukana mu rugo anziza gufana ikipe ya Rayon Sports- NKORE IKI?

Sinzi niba nabyita akarengane, sinzi niba nabyita uburwayi cyangwa se ishyari, ariko ntabwo norohewe kuko umugabo wanjye ampoza ku nkeke, ambwira ko ninkomeza gufana ikipe ya Rayon Sports...
1 September 2018 Yasuwe: 7032 12

Dore ingeso zizakwereka umukobwa atashinga urugo ngo rukomere

Nkuko bisanzwe Bwiza.com tubagezaho zimwe mu nkuru zitandukanye z’urukundo abagisha inama,abashaka abakunzi,ndetse n’izijyanye n’ubuzima bw’imyororokere. uyu munsi rero twagerageje kubakusanyiriza...
1 September 2018 Yasuwe: 6138 1

Abakobwa b’i Kigali bagaragaje imyambarire idasanzwe mu gitaramo cya Silent Disco [AMAFOTO]

Kuri uyu wa gatanu ahazwi nko kuri The Maner Hotel yabereye igitaramo kiswe Silent Disco kitabiriwe n’abakobwa benshi bari biyambitse imyambaro igaragaza imiterere yabo.
1 September 2018 Yasuwe: 5419 2

Umunyamideli Gigy Money yibasiye Zari aramwandagaza bikomeye

Gigy Money umunyamideli akaba n’umwe mu bakobwa bakunze gukoreshwa mu mashusho y’indirimbo zitandukanye muri Tanzaniya yibasiye bikomeye Zari Hassan wahoze ari umugore wa Diamond amusaba...
1 September 2018 Yasuwe: 2545 0

Supersexy yakomoje ku gice akunda kurusha ibindi ku mubiri we

Umunyarwakazi Supersexy wigaruriye abagabo batari bake ahanini kubera gushyira hanze amashusho n’amafoto nk’iturufu akoresha ashaka abantu bamukurikira yahishuye igice ku mubiri we akunda kurusha...
1 September 2018 Yasuwe: 2128 0

Umuhanzi Beka Flavor yanenze Dream Boys yamushishuye indirimbo

Abakurikiranira hafi umuziki wa Tanzaniya baranenga bikomeye itsinda rya Dream Boyz ryo mu Rwanda bavuga ko ryiganye indirimbo y’umuhanzi Beka Flavour yitwa ‘Sikinai maze bagakora indi bise ‘ Romeo...
31 August 2018 Yasuwe: 2266 0

Croidja warumaze imyaka 5 avuye muri Just Family yagarutse mu itsinda

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane nibwo Croidja umuririmbyi wahoze mu itsinda rya Just Family yageze i Kigali, avuye muri Afurika y’Epfo aho yari amaze imyaka igera kuri itanu nyuma yo gutandukana na...
31 August 2018 Yasuwe: 790 0

Justin Beiber n’umukunzi we binjiye mu rusengero bwa mbere abakirisitu barikanga

Umuhanzi Justin Bieber n’umukunzi we mushya, Hailey Baldwin bakomeje kugaragara mu ruhame ahantu henshi harimo amaresitora ndetse n’insengero.
31 August 2018 Yasuwe: 2931 0

Bebe Cool ahanganye n’ibyamamare birimo Diamond ,Sauti Sol , Ali Kiba mu marushanwa ya Afrimma 2018

Bebe Cool kuri ubu umaze kwandika izina muri Uganda kubera ibikorwa by’indashyikirwa yisanze mu byciro 3 mu marushanwa ya Afrimma 2018.
31 August 2018 Yasuwe: 541 0

Amashusho agaragaza umupolisi wahawe ruswa y’amafaranga akayajugunya mu muhanda agakomeza akazi yashimishije benshi [VIDEO]

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye bishimiye amashusho y’umupolisi wahawe ruswa y’amafaranga agahita ayajugunya mu muhanda akatsa moto ye agakomeza akazi ke ko kugenzura abanyamafuti mu muhanda .
31 August 2018 Yasuwe: 6061 0