Kuri uyu wa gatanu ahazwi nko kuri The Maner Hotel yabereye igitaramo kiswe Silent Disco kitabiriwe n’abakobwa benshi bari biyambitse imyambaro igaragaza imiterere yabo.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane nibwo Croidja umuririmbyi wahoze mu itsinda rya Just Family yageze i Kigali, avuye muri Afurika y’Epfo aho yari amaze imyaka igera kuri itanu nyuma yo gutandukana na...
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye bishimiye amashusho y’umupolisi wahawe ruswa y’amafaranga agahita ayajugunya mu muhanda akatsa moto ye agakomeza akazi ke ko kugenzura abanyamafuti mu muhanda .