skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Mugore dore uburyo wakoresha kugirango umenye itariki uzabyariraho

Gutwita ni bimwe mu bihe abagore benshi bacamo kandi bifitiye akamaro cyane ikiremwa muntu. Umugore atwita iyo yakoze imibonano mpuzabitsina n’umugabo ari mu gihe cy’uburumbuke kandi nta bibazo...
11 August 2018 Yasuwe: 2044 1

Dore zimwe mu mpamvu zituma bamwe mu bakobwa b’iki gihe baca inyuma abakunzi babo

Ni kenshi usanga abantu benshi bahora mu marira ngo abakunzi babo barabatendeka cyangwa ngo babaca inyuma nyamara akenshi usanga hari ababigiramo uruhare kugirango bibabeho.Ni byinshi byagiye...
11 August 2018 Yasuwe: 3012 0

Ifoto igaragaza Zari arebana akana ko mu jisho n’umuherwe wo muri Uganda yatangaje benshi

Zari nyuma yo kuva Arua mu gikorwa cyo gufasha umuherwe abana batishoboye bafashwa na Bryan White yamuherekeje gufata indege gusa ubwo ubwo Zari yuriraga indege yarebanye n‘uyu muherwe indoro...
11 August 2018 Yasuwe: 6857 0

Ese wari uziko mu gusomana n’umukunzi wawe ushobora kuhandurira SIDA?

Nyuma y’uko hari umubare munini wabajije ikibazo,niba umuntu ashobora kwandura SIDA binyuze mu gusoma,twahisemo kubisubiriza rimwe.
11 August 2018 Yasuwe: 5728 0

Umugore yibarutse impanga nyuma y’imyaka 4 atwite [AMAFOTO]

Nancy Njoku yibarutse impanga nyuma y’imyaka 4 atwite ndetse bigatuma umugabo we amuta akigendera .
11 August 2018 Yasuwe: 2177 0

Dore ibintu bibabaza abagore cyane bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo

. Ibikorwa bishobora kwangiza umubano w’abashakanye . Ibitera umugore washatse agahinda gakomeye mu mibereho ye . Ibintu bishobora gutuma umugore akuzinukwa agatangira kuguca inyuma
11 August 2018 Yasuwe: 4580 0

Ese gukora imibonano mpuzabitsina bivura indwara y’ibishishi?

Kera tukiga mu mashuri abanza, twajyaga twumva ibihuha bitandukanye ku buzima bw’imyororokere. Gusa ukuri twamenye nuko guhuza ibitsina bidakiza indwara y’ibiheri mu maso benshi bazi nk’ibishishi.
11 August 2018 Yasuwe: 2563 0

Reba amafoto y’ibyamamare bikunzwe ku isi utakwifuza kureba mu gihe bitisize ibirungo byongera ubwiza

Mu bahanzikazi bashyizwe ku rutonde harimo umuraperikazi Nick Minaj , Rihana , Lady Gaga ndetse n’abandi .
10 August 2018 Yasuwe: 6418 1

Magufuli yasutse amarira mu muhango wo gusezera bwa nyuma kuri Nyakwigendera Majuto [AMAFOTO]

Perezida Magufuli ndetse n’ibundi byamamare bikomeye muri Tanzania byitabiriye umuhango wo gusezera bwanyuma umurambo w’umunyarwenya King Majuto witabye Imana Taliki ya 8 Kanama 2018 ,azize indwara...
10 August 2018 Yasuwe: 4733 0

Asinah yashyize hanze ifoto y’umuzungu bamaze amezi 5 bakundana

Asinah Erra yamaze kwinjira mu rukundo n’undi musore wo mu gihugu cya Albania. Avuga ko bamaranye igihe cy’amezi 5 bakundana.
10 August 2018 Yasuwe: 4258 1