Padiri Mudahinyuka Charles wari umwe mu bahanzi bakomeye wamamaye mu ndirimbo yakunzwe cyane “U Rwanda rw’ejo” kuri uyu wa gatanu yitabye Imana azize uburwayi.
Umwe mu bapadiri babanaga na we...
Imyaka 17 n’ umunsi 1 ari Perezida wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, Joseph Kabila kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mutarama 2018 yatumije abanyamakuru ngo ababwiye uko igihugu gihagaze,...
Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yatangaje ko guhura na Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame byari iby’ igiciro.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 26...
Abaturage ibihumbi 6 babaga muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo bahugiye mu gihugu cy’ u Burundi, muri bo ibihumbi 4 bari mu nkambi yo mu ntara ya Rumonge mu gihe abandi ibihumbi 2 bari...
Umubano ushingiye kuri za ambasade hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ubwambi bw’Ububirigi uragenda umera nabi uko bwije n’uko bukeye.
Leta ya Congo yasabye Ububirigi gufunga...
Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa avuga ko Perezida ucyuye igihe wa Zimbabwe umusaza Robert Mugabe yavuye ku butegetsi mu mahoro, ngo azakomeza guhabwa umushahara we ndetse n’...