Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yavuze ko akunda mugenzi we wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika uherutse gutuka Afurika ngo ni umusarane kuko ari umunyakuri.
Yagize ati “Nkunda Trump kuko abwiza...
Guverinoma y’ u Rwanda yateye utwatsi amakuru yakwirakwiye mu binyamamakuru avuga ko Leta y’ u Rwanda yasinyanye na Israel amaserano mu ibanga areba abimukira bagomba bo muri Afurika.
Kuri uyu...
Raporo y’ihuriro mpuzamahanga k’ubukungu World Economic Forum ya 2017/2018 igaragaza ko u Rwanda ruza k’umwanya wa 2 muri Afurika mu kugira imihanda yubatse neza n’amanota 5 kuri 7.
Iyi raporo...
Imiryango ibarirwa muri magana iri mu byishimo nyuma y’ uko Leta y’ u Rwanda ihaye imbabazi abagororwa 392 bagaragaje ikinyabumfura muri gereza. Mu barekuwe harimo abanyeshuri 18 batsinze neza...