Mu gihe ubujura bukoranye ikoranabuhanga bukomeje gufata indi ntera mu Isi banki nkuru y’ u Rwanda yavuzeko ko hari abakozi b’ amabanki akorera mu Rwanda bakorana n’ abajura bakoresha...
Umwaka ushize ishoramari mu Rwanda ryageze kuri miliyari 1.675 mu madorari y’ Amerika Ikigo cy’igihugu cy’iterambere,RDB, cyatangaje ibi kivuga ko miliyoni 515 z’ Amadorari bagereranyije...
Abategetsi ba Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika batangaje ko amagambo Perezida w’ iki gihugu aherutse kuvuga kuri banyafurika ubwo yabitaga umwanda atazabuza Amerika ko ikomeza gusaba Afurika...
Umwongereza witwa Charles Burnett III wari ufite agahigo ko gutwara imodoka ku muvuduko mwinshi kurusha abandi mu Isi, n’ Umuyobozi utavugaga rumwe n’ ubutegetsi bwa Zimbabwe ni bamwe muri batanu...
Repubukila iharanira Demukarasi ya Congo yasohoye za hamagara (convocations) zisaba abayoboke ba kiliziya gatolika bateguye imyigaragambyo isaba Perezida Joseph Kabila kuva ku butegetsi kwitaba...
Inama Mpuzamahanga yiga ku bukungu bw’ Isi World Economy Forum ihuza impuguke n’ abayobozi batandukanye barimo Abanyapolitiki, imiryango itari iya Leta n’ abandi uyu mwaka izabera i Davos,...
Abangirikani bo mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Mutarama 2017 batoreye Dr Laurent Mbanda kuba umuyobozi mukuru wabo.
Dr Mbanda yasimbuye kuri uyu mwanya Archbishop Onesphore Rwaje wagiye...
Umudepite wo mu gihugu cya Uganda witwa Deogratius Kiyingi urwariye mu bitaro byo mu gihugu cya Thailand yamaganye amakuru avuga ko yamaze gushyiramo umwuka avuga ko ari abanyapolitiki babyihishe...
Guverineri w’ Intara y’ amagepfo Mureshyankwano Rose yanenze abasore n’ inkumi biga mu mashuri yisumbuye bajya mu biruhuko bakirirwa mu gitanda aho gufasha ababyeyi imirimo avuga ko we yiga muri...