Aha ingabo z’ u Rwanda zari mu bikorwa bya Army week
Akarere ka Burera kasanze ingo 310 zirwaye amavunja. Ukuriye ingabo mu karere ka Burera na Gicumbi arasaba abayobozi b’ imirenge babona...
Abakora mu nzego z’ubutabazi bw’igitaraganya muri Afurika y’Epfo baravuga ko abantu 200 bakomerekeye mu mpanuka ya gari ya moshi yabereye mu mugi wa Johannesburg.
Kugeza ubu nta mpfu zari...
Ababyeyi ba Mugisha Nsengiyumva Frank w’imyaka 12, wigaga mu kigo cy’amashuri abanza cya Saint André- Ruhina n’ umwana wabo bari mu byishimo nyuma y’ uko umwana wabo MINEDUC itangaje ko ari we...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko mu bizamini bisoza amashuri 2017 mu mashuri abanza abanyeshuri batsinze ari 86% mu gihe abasoje ikiciro rusange cy’amashuri yisumbuye ari 89%
Imibare...