Umugabo ukomoka muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo bwa mbere yagejejwe imbere y’ urukiko rwo mu mujyi wa Cap Town abazazwa iby’ urupfu rw’Umunyarwanda Dr. Raymond Dusabe wiciwe muri...
Icyamamare mu gukina filime zo mu gihugu cya Nigeria Caroline Danjuma, uherutse gukorwa mu jisho n’ umuhanzi Davido yavuze ko ubwo yari akiri umukobwa muto, umuziki w’ Umunyakanadakazi Celine Dion...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 11 Mutarama 2018, hamenyekanye ko umunyarwandakazi Gaelle Bella IKIBAGENGA yaguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bikekwa ko ari abamwishe.
Bimenyekanye...
Umuraperi wo muri Leta Zunze z’ Amerika Kanye West yagiranye ibihe bidasanzwe n’umukobwa wari umufana we ukomeye waburaga igihe gito ngo ashiremo umwuka, amuririmbira indiri ‘I love Kanye’ asubiza...
Umunyarwandakazi Bakesha Marie Claire wabaga mu Buholande mu mugi wa Amsterdam yiciwe muri iki gihugu, amakuru aravuga ko uyu Bakesha yaba yishwe n’ umukunzi we ukomoka muri Nigeria amuhanuye kuri...
Abantu 13 bahitanywe n’imisozi yabaguyeko kubera imvura nyinshi yaguye mu magepfo y’intara ya California muri Amerika nk’uko bivugwa n’abategetsi.
Abandi 163 bari mu bitaro, makumyabiri muri bo...