Muri guverinoma ya Uganda umugenzuzi mukuru w’ imari ya Leta yasanze imyanya ibihumbi 40 itangira abayikoramo nubwo muri iki gihugu hari abataka ubushomeri.
Nk’ uko byatangaje n’ uyu mugenzuzi...
Steve Bannon, watanze ubuhamya mu gitabo rutwitsi kivuga kuri Perezida Donald Trump, yahinduye imvugo ashaka kugaragaza ko uwacyanditse yagoretse ibyo yamubwiye.
Igitabo ‘Fire and Fury : Inside...
Ikinyamakuru cyo mu Bwongereza ‘African Leadership Magazine’, cyakoresheje itora gisanga Perezida Kagame ari we wabaye umunyafurika w’ umwaka wa 2017. Ibi bivuze ko ariwe wegukanye igihembo gikuru...
Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Zimbabwe yasabye Komisyo irwanya ruswa gukora iperereza kuri Grace Mugabe, umugore wa Robert Mugabe wari Perezida wa Zimbabwe wahawe impamyabumenyi y’ ikirenga mu...
Ubuyobozi bw’ Umugi wa Kigali bwatangaje ko Siporo rusange mu mihanda itarangwamo ibinyabiziga bya moteri ‘Car free day’ igiye kujya iba kabiri mu kwezi. Perezida Kagame mu kwezi gushize yasabye...
Uburusiya bwaneguye bwivuye inyuma Amerika kuba yasabye inama y’akanama ka Onu gashinzwe umutekano kubera imyigaragambyo ibera muri Iran.
Ambasaderi w’ Uburusiya muri Onu Vassily Nebenzia...