skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Ingabire Immaculée yavuze ko hari ingo zirutwa na gereza

Umuyobozi w’ Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane ishami ry’u Rwanda (Transparency International Rwanda) Ingabire Marie Immaculée yavuze abana bagororerwa muri Gereza ya Nyagatare...
8 January 2018 Yasuwe: 691 0

Uganda: Imyanya y’ akazi 40 000 ibereye aho ntigira abayikoramo

Muri guverinoma ya Uganda umugenzuzi mukuru w’ imari ya Leta yasanze imyanya ibihumbi 40 itangira abayikoramo nubwo muri iki gihugu hari abataka ubushomeri. Nk’ uko byatangaje n’ uyu mugenzuzi...
8 January 2018 Yasuwe: 510 0

Raila Odinga yatangaje itariki nshya azarahiriraho

Umuyobozi w’ Ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya, NASA, ubwo yizihazaga isabukuru ye y’ amavuko yatangaje we n’Umwungirije, Kalonzo Musyoka, bazarahira nk’abayobozi b’igihugu...
8 January 2018 Yasuwe: 393 0

Benon wayahaye ubuhamya uwanditse igitabo kivuga nabi Trump yahinduye imvugo

Steve Bannon, watanze ubuhamya mu gitabo rutwitsi kivuga kuri Perezida Donald Trump, yahinduye imvugo ashaka kugaragaza ko uwacyanditse yagoretse ibyo yamubwiye. Igitabo ‘Fire and Fury : Inside...
8 January 2018 Yasuwe: 287 0

Yahinduye umukobwa we umucakara w’ igitsina, amaze kumutera inda 8 ku myaka 22

Umugabo w’ imyaka 56 yahamwe n’ icyaha cyo gusambanya umukobwa we w’ imyakaka 22 inshuro nyinshi. Uyu mukobwa na se bamaze kubyarana abana 8. Dominique Bulacio wo mu gihugu cya Argentine urukiko...
8 January 2018 Yasuwe: 2004 0

Umucuruzi w’Umunyarwanda wari muri Uganda yashimuswe

Abantu bakekwaho kuba abakozi b’inzego z’umutekano za Uganda bongeye guta muri yombi Umunyarwanda witwa Emmanuel Cyemayire bamukuye mu mujyi wa Mbarara. Amakuru ahari akaba avuga ko Cyemayire...
7 January 2018 Yasuwe: 753 0

2017, Perezida Kagame niwe wabaye Umunyafurika w’umwaka

Ikinyamakuru cyo mu Bwongereza ‘African Leadership Magazine’, cyakoresheje itora gisanga Perezida Kagame ari we wabaye umunyafurika w’ umwaka wa 2017. Ibi bivuze ko ariwe wegukanye igihembo gikuru...
7 January 2018 Yasuwe: 980 1

Grace Mugabe ashobora gufungwa azira diplome yabonye mu buryo bufifitse

Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Zimbabwe yasabye Komisyo irwanya ruswa gukora iperereza kuri Grace Mugabe, umugore wa Robert Mugabe wari Perezida wa Zimbabwe wahawe impamyabumenyi y’ ikirenga mu...
7 January 2018 Yasuwe: 863 0

Siporo rusange ngarukakwezi yongerewe amasaha, P. Kagame yarabisabye

Ubuyobozi bw’ Umugi wa Kigali bwatangaje ko Siporo rusange mu mihanda itarangwamo ibinyabiziga bya moteri ‘Car free day’ igiye kujya iba kabiri mu kwezi. Perezida Kagame mu kwezi gushize yasabye...
7 January 2018 Yasuwe: 1514 0

Uburusiya bwanenze Amerika ku ihamagazwa ry’inama ya ONU

Uburusiya bwaneguye bwivuye inyuma Amerika kuba yasabye inama y’akanama ka Onu gashinzwe umutekano kubera imyigaragambyo ibera muri Iran. Ambasaderi w’ Uburusiya muri Onu Vassily Nebenzia...
7 January 2018 Yasuwe: 409 0