Mu mukino waraye uhuje ikipe ya Yeovil Town na Crawley Town akadege ka drone kanyuze hejuru y’ikibuga gatera ubwoba abakinnyi n’abafana biba ngombwa ko uhagarara iminota isaga 11 bitewe no kwikanga...
Bugezera- Umukobwa witwa Sofia wari umuhanga mu ishuri nk’ uko byatangajwe n’ umwarimu wamwigishaga, umurambo we watoraguwe ku kiyaga cya Cyohoha mu murenge wa Ruhuha.
Ku mugoroba wa Bonane ya...
Hirya no hino ku isi abantu baraye mu birori byo gutangira umwaka mushya aho ababishoboye basohokeye hirya no hino kugira ngo bishimire ko barangije umwaka amahoro ndetse no kuba bagiye gutangira...
Komite ngenzuzi muri Kaminuza ya Makerere muri Uganda, yagaragaje ko hari amazina y’abanyeshuri bagera ku bihumbi 16 n’ay’abarimu bagera kuri 600 ba baringa.
Kuva mu Ukwakira 2016, abanyeshuri...
Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yatangiye kubahuka abahoze bakinira iyi kipe aho yibasiriye Paul Scholes ku munsi w’ejo nyuma y’umukino wahuje Manchester United na Everton....
Umugore w’ umunya –Australia wigeze kuvuga ikintu kikabaho yavuze ko Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump nubwo arimo kwishimira ko amaze umwaka ku butegetsi ngo muri uyu mwaka...
Perezida wa Guine equatorial Teodoro Obiang Nguema, yasabye abashinzwe umutekano kuba maso kuko nk’ uko abivuga ngo harimo gutegurwa intambara yo muhirika.
Ibi Perezida Nguema yabitangaje ku wa...
Mu karere ka Rubavu, Abarwayi bivuriza ku Bitaro bya Gisenyi barinubira gutinda kuvurwa kubera sisiteme nshya ya mudasobwa bashyirwamo yitwa EMR (Electronic Medical Records) mbere yo kuvurwa....
Umukobwa w’ Umunyarwandakazi Iwacu Evra Grâce yatangiye umushinga yise “Yego Charger” uzajya ufasha mu gushyira umuriro mu matelefoni na za mudasobwa bidasabye gucomekwa ku mashanyarazi.
Iwacu...