skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

APR FC yahagamwe na Musanze FC yongera kubabaza abakunzi bayo

Muri iyi minsi ishyamba si iryeru mu ikipe ya APR FC kuko yongeye kubura amanota 3 kuri uyu wa Gatatu mu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona yari yakiriye Musanze FC kuri stade ya Kigali,ukarangira...
27 December 2017 Yasuwe: 169 0

DASSO yatoraguye miliyoni 2 z’amafaranga y’u Rwanda ayasubiza nyirayo

Ngoma- Umukozi w’ urwego rw’ akarere rucunga umutekano , DASSO witwa Tuyisenge Fabrice wo mu karere ka Ngoma yatoraguye agakapu karimo amafaranga miliyoni ebyiri y’u Rwanda (2 000 000Frw) ari...
27 December 2017 Yasuwe: 1415 0

Rusizi: Umugabo akurikiranyweho gutema umukobwa we amuziza kurya ibishyimbo byari mu nkono akabimara

Umugabo wo mu murenge wa Bugarama Akagari ka Nyange ari mu maboko ya polisi nyuma yo gutema umukobwa we w’ imyaka 15 amuketseho kurya ibishyimbo byari mu nkono akabimaramo. Nk’ uko umuvugizi wa...
27 December 2017 Yasuwe: 1403 0

Icyamamare muri ruhago atorewe kuyobora Liberia

George Weah wahoze umukinnyi w’ umupira w’ amaguru niwe watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika ya Liberia atsinze uwahoze ari visi Perezida w’ iki gihugu. Weah abaye Perezida wa 25 w’ iki...
27 December 2017 Yasuwe: 1315 0

Ipfunwe yatewe no kuba Se na Nyina barakoze jenoside ryatumye atangiza umuryango ufasha abari mu bwigunge

Ikiciro cya mbere cy’ abafashijwe na Mizero care Organisation ni abahamya b’ uko gukira ibikomere bishoboka. Mizero Care Oraganisation ni Umuryango washinzwe na Irene Mizero wari ufite ipfunwe...
27 December 2017 Yasuwe: 1828 0

Inkuru zavuzwe cyane mu mikino yo mu Rwanda mu mwaka wa 2017

Umwaka wa 2017 waranzwe n’ibintu bitandukanye mu mikino hano mu rwanda aho benshi bishimiye ibyo bagezeho abandi barifuza impinduka mu mwaka utaha. Umuryango wagerageje kureba bimwe mu bihe...
26 December 2017 Yasuwe: 409 0

Kayonza: Abana 500 barimo abo mu muhanda bahawe NOHELI

Murenge wa Mukarange mu karere ka Kayonza, Itorero Victorious Life Church ryahaye umunsi mukuru wa Noheli abana bo mu muhanda ndetse n’abandi bana baturuka mu miryango itishoboye basaga 500. Ibi...
26 December 2017 Yasuwe: 274 0

Perezida Museveni yasabwe kudasinya itegeko rimwemerera kongera kwiyamamaza

Bishop wa diyoseze ya Kinkizi Rev Dan Zoreka yasabye Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni kudashyira umukono ku itegeko ryo guhindura itegeko nshinga hagahindurwa imyaka y’ ubukure Perezida...
26 December 2017 Yasuwe: 719 0

Eboue washatse no kwiyahura kubera ubukene yabonye akazi

Emmanuel Eboue wabaye umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Arsenal na Garatasaray ndetse no mu ikipe y’igihugu ya Cote d’Ivoire yamaze kwemererwa akazi mu ikipe ya Garatasaray nyuma y’ibibazo aherutse...
26 December 2017 Yasuwe: 924 0

Amafoto ya Shakira ari kumwe na Pique n’abana babo ari guca ibintu

Umuhanzikazi Shakira n’umugabo Gerrard Pique ukinira ikipe ya FC Barcelona bakomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga ubwo bashyiraga hanze amafoto bari kumwe n’abana babo berekeje mu...
26 December 2017 Yasuwe: 1325 0