Muri iyi minsi ishyamba si iryeru mu ikipe ya APR FC kuko yongeye kubura amanota 3 kuri uyu wa Gatatu mu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona yari yakiriye Musanze FC kuri stade ya Kigali,ukarangira...
Umugabo wo mu murenge wa Bugarama Akagari ka Nyange ari mu maboko ya polisi nyuma yo gutema umukobwa we w’ imyaka 15 amuketseho kurya ibishyimbo byari mu nkono akabimaramo.
Nk’ uko umuvugizi wa...
George Weah wahoze umukinnyi w’ umupira w’ amaguru niwe watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika ya Liberia atsinze uwahoze ari visi Perezida w’ iki gihugu.
Weah abaye Perezida wa 25 w’ iki...
Ikiciro cya mbere cy’ abafashijwe na Mizero care Organisation ni abahamya b’ uko gukira ibikomere bishoboka.
Mizero Care Oraganisation ni Umuryango washinzwe na Irene Mizero wari ufite ipfunwe...
Umwaka wa 2017 waranzwe n’ibintu bitandukanye mu mikino hano mu rwanda aho benshi bishimiye ibyo bagezeho abandi barifuza impinduka mu mwaka utaha.
Umuryango wagerageje kureba bimwe mu bihe...
Murenge wa Mukarange mu karere ka Kayonza, Itorero Victorious Life Church ryahaye umunsi mukuru wa Noheli abana bo mu muhanda ndetse n’abandi bana baturuka mu miryango itishoboye basaga 500.
Ibi...
Emmanuel Eboue wabaye umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Arsenal na Garatasaray ndetse no mu ikipe y’igihugu ya Cote d’Ivoire yamaze kwemererwa akazi mu ikipe ya Garatasaray nyuma y’ibibazo aherutse...
Umuhanzikazi Shakira n’umugabo Gerrard Pique ukinira ikipe ya FC Barcelona bakomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga ubwo bashyiraga hanze amafoto bari kumwe n’abana babo berekeje mu...