Ikipe ya Miroplast FC yahawe agahimbazamusyi kikubye 3 kugira ngo itsinde ikipe ya Rayon Sports ku mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona utegerejwe uyu munsi. Amakuru agera ku UMURYANGO ni uko iyi...
Umukinnyi Paul Pogba yasibye imyitozo kubera ibitotsi atungurwa no gukangurwa n’abayobozi b’ikipe ya Manchester United ubwo imyitozo yari irangiye.
Nyuma yo gutsinda ikipe ya Arsenal ibitego...
James Anthony Smith w’ imyaka 17 y’ amavuko yaseze ku Isi ku wa Mbere w’ iki cyumweru tariki 18 Ukuboza 2017 nyuma yo guhondagurwa azira inkweto.
Uyu musore wo muri Leta z’ ubumwe z’ Amerika...
Umutoza w’ikipe ya Arsenal Arsene Wenger yabwiye abakinnyi be ko bagomba kwihorera kuri Liverpool yabatsinze ibitego 4-0 mu mukino ubanza wa shampiyona y’Ubwongereza Premier League.
Uyu mutoza...
Umugabo witwa Alberto wo mu gihugu cya Espagne yatunguye abantu ubwo yari yitabiriye imikino ica kuri imwe mu mateleviziyo yo muri iki gihugu aho umuntu abazwa ikibazo yagisubiza akayatsindira,...
Umusore Mwangi Samuel wakoze impanuka ikomeye muri Tour du Rwanda ya 2016 ubwo yari igeze ku gace ka nyuma bigatuma acibwa ukuguru,abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook yashyize hanze ifoto ari ku...
Inteko ishinga amategeko y’ u Rwanda yatangiye kubahiriza ubusabe bwa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame bwo kutazarira mu magambo mu mwanya wo gutanga ibitekerezo.
Perezida Kagame ubwo yasozaga...