skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

AS Kigali irahura na Kiyovu Sports ntifite inkingi zayo 6

Ikipe ya AS Kigali irahura na Kiyovu Sports kuri uyu wa Kabiri mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona idafite abakinnyi 6 igenderaho aho ishaka gukomeza kuyobora urutonde rwa shampiyona. Iyi kipe...
19 December 2017 Yasuwe: 231 0

Kuri noheli azarya nyina wapfuye akamusiga

Debra Parsons, umwongerezakazi w’ imyaka 41 y’ amavuko ngo kugira afatanye na nyina wapfuye akamusiga kwizihiza umunsi mukuru wa noheli azamurya ku mafunguro azaba yateguye uwo munsi. Nyina wa...
19 December 2017 Yasuwe: 1514 1

Umukunzi wa rutahizamu wa Manchester yifotoje yambaye ubusa

Umukinnyi Jesse Lingard ukina nka rutahizamu mu ikipe ya Manchester United ari kuvugwa cyane mu bitangazamakuru kubera amafoto y’umukunzi we Jena Frumes yagiye hanze ndetse biravugwa ko yaje...
18 December 2017 Yasuwe: 2267 0

Nyaruguru: Bamwe mu basenyewe nyakatsi baracyabungana akarago

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyaruguru bari batuye mu mazu yari asakajwe ibyatsi ‘nyakatsi’, basenyewe ubwo Leta y’ u Rwanda yafataga icyemezo cyo guca nyakatsi n’ ubu ntibarubakirwa. Umwe...
18 December 2017 Yasuwe: 493 0

Perezida Kagame yagaragaje ko Abanyarwanda bafite ibizabageza ku iterambere bifuza

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ukuboza 2017, ubwo yatangizana inama y’ igihugu y’ umushyikirano yagaragaje ibyo iterambere rirambye Abanyarwanda bifuza kugeraho...
18 December 2017 Yasuwe: 264 0

Amerika yafashije Uburusiya mu kuburizamo iterabwoba

Amerika yafashije Uburusiya mu kuburizamo iterabwoba Itangazamakuru mu Burusiya riravuga ko amakuru yatanzwe n’ibiro by’ubutasi bya Amerika yafashije inzego z’umutekano mu kuburizamo igitero...
17 December 2017 Yasuwe: 698 1

Ikibazo cya Trump n’ Ubusiya: Umucamanza Mueller arashinjwa kubona email mu buryo butaribwo

Umunyamategeko washyizweho n’itsinda ryafashije Donald Trump mu nzibacyuho yashinje umushinjacyaha ukora iperereza Robert Mueller kubona ubutumwa bwa email mu buryo bunyuranye n’amategeko. Kory...
17 December 2017 Yasuwe: 470 0

‘Uwasigajwe inyuma n’ amateka kumwubakira inzu nziza ntabwo bihagije’ COSYLI

Leta y’ u Rwanda irashimirwa n’ Urugaga rw’ amasendika akorera mu Rwanda COSYLI kuba yubakira abasigajwe inyuma n’ amateka amazu meza yo guturamo, gusa ngo hari ubundi bufasha bakeneye bukwiye...
17 December 2017 Yasuwe: 518 1

Umwe mu mihanda yo muri Uganda uhitana abarenga 1000 ku mwaka

Umuyobozi wa Polisi ishinzwe umutekano muri Uganda , Dr Steven Kasiima yatangaje ko buri munsi umuhanda Entebbe uhitana abantu batari munsi ya bane bari kuri moto. Uyu muyobozi yabitangaje ku wa...
17 December 2017 Yasuwe: 430 1

Abasirikare babiri baguye mu mpanuka y’ imodoka

Abasirikare babiri bapfuye abandi bataramenyekana umubare barakomereko ubwo imododa yari itwaye abasirikare yahungaga imodoka yari itwaye abageni ngo zitagongana. Iyi mpanuka yabereye mu karere...
17 December 2017 Yasuwe: 1408 0