Ikipe ya AS Kigali irahura na Kiyovu Sports kuri uyu wa Kabiri mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona idafite abakinnyi 6 igenderaho aho ishaka gukomeza kuyobora urutonde rwa shampiyona.
Iyi kipe...
Umukinnyi Jesse Lingard ukina nka rutahizamu mu ikipe ya Manchester United ari kuvugwa cyane mu bitangazamakuru kubera amafoto y’umukunzi we Jena Frumes yagiye hanze ndetse biravugwa ko yaje...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyaruguru bari batuye mu mazu yari asakajwe ibyatsi ‘nyakatsi’, basenyewe ubwo Leta y’ u Rwanda yafataga icyemezo cyo guca nyakatsi n’ ubu ntibarubakirwa.
Umwe...
Amerika yafashije Uburusiya mu kuburizamo iterabwoba
Itangazamakuru mu Burusiya riravuga ko amakuru yatanzwe n’ibiro by’ubutasi bya Amerika yafashije inzego z’umutekano mu kuburizamo igitero...
Leta y’ u Rwanda irashimirwa n’ Urugaga rw’ amasendika akorera mu Rwanda COSYLI kuba yubakira abasigajwe inyuma n’ amateka amazu meza yo guturamo, gusa ngo hari ubundi bufasha bakeneye bukwiye...
Umuyobozi wa Polisi ishinzwe umutekano muri Uganda , Dr Steven Kasiima yatangaje ko buri munsi umuhanda Entebbe uhitana abantu batari munsi ya bane bari kuri moto.
Uyu muyobozi yabitangaje ku wa...