AC Group ikora amakarita yo kwishyura urugendo azwi nka Tap&go yavuze ko igiye kwandika aya makarita kuri ba nyirayo.
Umunyana Sharon ushinzwe ubucuruzi no kumenyekanisha ibikorwa muri AC...
Abasenateri ba Leta zunze ubumwe z’ Amerika kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Ukuboza 2017 bemeje itegeko ryo kugabanya imisoro ryari rimaze imyaka irenga 30 ridakorwa.
Biteganyijwe ko imisoro...
Umunyamabanga wa Leta ya Uganda ushinzwe ubukerarugendo yatangije ubukangurambaga bwiswe ‘Kampala Sight Seeing Bus campaign’ bugamije guteza imbere ubukerarugendo mu mugi wa Kampala.
Godfrey...
Abakinnyi 2 ba Rayon Sports ngenderwaho bari bitezwe ku mukino iyi kipe irahuramo na Etincelles FC kuri uyu wa Gatatu,ntabwo baraye bageze I Kigali kugira ngo bawitabire nkuko abafana b’iyi kipe...
Umukinnyi Kagere Maddie, umunyarwanda ukinira ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya yatowe n’abanyamakuru b’imikino muri Kenya (Sports Journalists Association of Kenya (SJAK) ko ariwe wahize abandi...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye Abanyarwanda kwirinda kuzarira mu magambo igihe bahawe umwanya wo kugira icyo bavuga bakagabanya za nyakubahwa.
Ubu ni bumwe mu butumwa Perezida Kagame...
Bharti Airtel yasinye amasezerano na Millicom International Cellular akubiyemo ko Airtel Rwanda Ltd ifata 100% bya Tigo Rwanda Ltd. Tigo yari isanzwe ariyo kompanyi ya kabiri mu bakiriya benshi mu...