skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Gakenke: Se wa Minisitiri w’Intebe ari mu banyuzwe n’umusasuro wa Kawa babona

Umusaza Ngirumpatse Athanase ( Se wa Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente Edouard ) arahamya ko ari umwe mu baturage b’umurenge wa Coko mu karere ka Gakenke bashimira iterambere bamaze kugeraho...
13 October 2017 Yasuwe: 4515 0

Gatabazi yatangiye gushyira mu bikorwa icyemezo cyo kudakoresha telefone mu nama

Guverineri w’ intara y’amajyaruguru Gatabazi Jean Marie Vianney , kuri uyu wa Kane , tariki ya 12/10/2017 , yabwiye abari bitabiriye inama ku mikorere y’amakoperative ko batemerewe gukoresha...
13 October 2017 Yasuwe: 4315 2

Diyabete, umuvuduko n’ umubyibuho bikabije ni bimwe mu bishobora gutera ubuhumyi

Dr Innocent Turate U Rwanda rurakangurira abaturage kwirinda no kwivuza indwara z’ amaso kuko mu Rwanda hari ubushobozi bwo kuvura indwara zose z’ amaso. Ubu butumwa, Umuyobozi w’ ikigo...
12 October 2017 Yasuwe: 1391 0

Imvura y’ umuhindo imaze guhitana abantu 20, u Rwanda rumaze guhomba arenga miliyari 6 mu mezi 10

Minisitiri Debonheur Jeanne d’ arc Minisiteri y’ imicungire y’ ibiza no gucyura impunzi yatangaje ko kuva muri mu Kanama 2017 ibiza bikomoka ku mvura bimaze guhitana abantu 20 mu gihe...
12 October 2017 Yasuwe: 1293 0

Karegeya washoye atageze ku bihumbi 500 mu buhinzi amaze kugera kuri miliyoni 200 [AMAFOTO]

Umuhinzi wo mu karere ka Musanze mu murenge wa Nyange witwa Karegeya Appolinaire ukora imirimo y’ ubuhinzi irimo no gutubura imbuto avuga ko yatangije ibihumbi 500 ubu akaba amaze kugera kuri...
12 October 2017 Yasuwe: 3331 3

“Dushake umwanya wo kuganira ku burere bw’abana” J. Kagame

Jeannette Kagame umufasha wa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ababyeyi gushaka umwanya wo kuganira n’ abana no kuba ibyangombwa byose nkenerwa kugira ngo bakure bakure bafite uburere n’...
11 October 2017 Yasuwe: 938 0

MINALOC yabeshyuje amakuru avuga ko Meya Mupenzi yeguye agatabwa muri yombi

Minisiteri y’ ubutegetsi bw’ igihugu kuri uyu wa 11 Ukwakira 2017 yatangaje ko amakuru avuga ko umuyobozi w’ akarere ka Nyatagare yeguye agafunga ari ibihuha. Iyi Minisiteri ibinyujije ku rubuga...
11 October 2017 Yasuwe: 4212 2

Ruhango: Batatu bari bamaze iminsi 3 mu kirombe babonetse umwe yapfuye

Abantu batatu bari baheze mu kirombe mu karere ka Ruhango, umurenge wa Byimana mu kagari ka Mpanga babonetse nyuma iminsi itatu umwe yapfuye. Ku isaha ya yine kuri uyu wa Gatatu tariki 11...
11 October 2017 Yasuwe: 2418 0

Abo kwa Rwigara bahakanye ibyaha baregwa

Diane Rwigara, murumuna we Anne Rwigara na mama wabo Adeline Mukangemanyi Rwigara bahakanye ibyaha baregwa. Kuri uru wa Gatatu tariki 11 Ukwakira 2017 nibwo ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge I...
11 October 2017 Yasuwe: 2276 0

Rwanda: Abakora mu bucukuzi bazikuba gatatu bitarenze 2018

U Rwanda rwihaye intego y’ uko bitarenze 2018 abakozi bakora mu rwego rw’ ubucukuzi bazagera ku bihumbi 60 bavuye ku bihumbi 20. Abashinzwe ishoramari mu Rwanda bemeza ko muri iki gihugu hari...
11 October 2017 Yasuwe: 535 0