Umusaza Ngirumpatse Athanase ( Se wa Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente Edouard ) arahamya ko ari umwe mu baturage b’umurenge wa Coko mu karere ka Gakenke bashimira iterambere bamaze kugeraho...
Guverineri w’ intara y’amajyaruguru Gatabazi Jean Marie Vianney , kuri uyu wa Kane , tariki ya 12/10/2017 , yabwiye abari bitabiriye inama ku mikorere y’amakoperative ko batemerewe gukoresha...
Minisitiri Debonheur Jeanne d’ arc
Minisiteri y’ imicungire y’ ibiza no gucyura impunzi yatangaje ko kuva muri mu Kanama 2017 ibiza bikomoka ku mvura bimaze guhitana abantu 20 mu gihe...
Umuhinzi wo mu karere ka Musanze mu murenge wa Nyange witwa Karegeya Appolinaire ukora imirimo y’ ubuhinzi irimo no gutubura imbuto avuga ko yatangije ibihumbi 500 ubu akaba amaze kugera kuri...
Jeannette Kagame umufasha wa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ababyeyi gushaka umwanya wo kuganira n’ abana no kuba ibyangombwa byose nkenerwa kugira ngo bakure bakure bafite uburere n’...
Minisiteri y’ ubutegetsi bw’ igihugu kuri uyu wa 11 Ukwakira 2017 yatangaje ko amakuru avuga ko umuyobozi w’ akarere ka Nyatagare yeguye agafunga ari ibihuha.
Iyi Minisiteri ibinyujije ku rubuga...
Abantu batatu bari baheze mu kirombe mu karere ka Ruhango, umurenge wa Byimana mu kagari ka Mpanga babonetse nyuma iminsi itatu umwe yapfuye.
Ku isaha ya yine kuri uyu wa Gatatu tariki 11...
Diane Rwigara, murumuna we Anne Rwigara na mama wabo Adeline Mukangemanyi Rwigara bahakanye ibyaha baregwa.
Kuri uru wa Gatatu tariki 11 Ukwakira 2017 nibwo ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge I...
U Rwanda rwihaye intego y’ uko bitarenze 2018 abakozi bakora mu rwego rw’ ubucukuzi bazagera ku bihumbi 60 bavuye ku bihumbi 20.
Abashinzwe ishoramari mu Rwanda bemeza ko muri iki gihugu hari...