Stephen Paddock warasiye abantu mu gitaramo 59 bakahasiga ubuzima, ni we muntu wambere wishe abantu benshi ari umwe mu mateka ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika.
Iki gitero Islamic States yigambye...
Umugore w’ abana batanu wo mu murenge wa Kimisagara mu karere ka Nyarugenge mu mugi wa Kigali yaguwe gitumo n’ umugabo we n’ abanyerondo arimo gusambanira iwe mu rugo.
Ibi byabaye mu gitondo cyo...
Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’ u Rwanda, ushinzwe iterambere Dr Charles Muligande wigeze no kuba Minisitiri w’ uburezi yavuze ko ibibazo byugarije UR muri iyi minsi byatewe n’ uko hari...
Umuyobozi w’ umugi wa Barcelona yatangaje ko abantu 460 bakomerekeye mu myigaragambyo yakurikiye iburizwamo ry’ itora rya kamarampaka ku bwigenge bw’ intara ya catalogne ishaka kwiyomora ku gihugu...
Guverineri w’ intara y’ amagepfo Mureshyankwano Marie Rose yasuye abaturage bari bateraniye mu nteko rusange ababwira ko imiyoborere myiza ari ukwegera umuturage ukamenya imibereho ye.
Ubwo yari...
Umuryango utari uwa Leta HDI uharanira ko abaturage bagira ubuzima buzira uvuga ko hari Abanyarwanda bumvise mu Rwanda hari ingingo zemerera umunyarwandakazi gukuramo inda bakagira ngo mu Rwanda...