skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Andi makuru kuri Paddock wishe abantu 59 I Las Vegas

Stephen Paddock warasiye abantu mu gitaramo 59 bakahasiga ubuzima, ni we muntu wambere wishe abantu benshi ari umwe mu mateka ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika. Iki gitero Islamic States yigambye...
3 October 2017 Yasuwe: 2658 0

Mu rugo rwa Depite Bob wine hatewe gerenade ya kabiri, bituma avuga amagambo akomeye

Umudepite akaba n’ umwe muhanzi bakomeye muri Uganda, Robert Kyagulanyi benshi bazi ku Izina rya Bob Wine yatangaje mu ijoro ryakeye abantu batamenyekanye bateye gerenade mu rugo rwe mu karere ka...
3 October 2017 Yasuwe: 4789 0

Kigali: Umugabo yafatiye mu cyuho umugore we arimo gusambana

Umugore w’ abana batanu wo mu murenge wa Kimisagara mu karere ka Nyarugenge mu mugi wa Kigali yaguwe gitumo n’ umugabo we n’ abanyerondo arimo gusambanira iwe mu rugo. Ibi byabaye mu gitondo cyo...
2 October 2017 Yasuwe: 6897 0

Kadaga ngo ntazemera ko abadepide ba Uganda bamera nk’ Abafurika y’ Epfo

Perezidante w’ intego ishinga amategeko ya Uganda Rebecca Kadaga yavuze ko adashobora kwihanganira akavuyo mu nteko ishinga amateko nk’ uko bamwe mu badepite b’ Afurika y’ Epfo bajya bagateza....
2 October 2017 Yasuwe: 1790 0

Dr Muligande yagaragaje imvano y’ ibibazo byugarije UR kugeza ubwo imodoka zibura lisansi

Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’ u Rwanda, ushinzwe iterambere Dr Charles Muligande wigeze no kuba Minisitiri w’ uburezi yavuze ko ibibazo byugarije UR muri iyi minsi byatewe n’ uko hari...
2 October 2017 Yasuwe: 1702 0

Imyigaragambyo ikomeye mu ntara ya Catalogne ishaka kwiyomora kuri Espagne

Umuyobozi w’ umugi wa Barcelona yatangaje ko abantu 460 bakomerekeye mu myigaragambyo yakurikiye iburizwamo ry’ itora rya kamarampaka ku bwigenge bw’ intara ya catalogne ishaka kwiyomora ku gihugu...
1 October 2017 Yasuwe: 531 0

‘Imiyoborere myiza ni ukwegera umuturage ukamenya imibereho ye’ Mureshyankwano

Guverineri w’ intara y’ amagepfo Mureshyankwano Marie Rose yasuye abaturage bari bateraniye mu nteko rusange ababwira ko imiyoborere myiza ari ukwegera umuturage ukamenya imibereho ye. Ubwo yari...
1 October 2017 Yasuwe: 763 0

Congo: Indege ya gisirikare yakoze impanuka irashya irakongoka

Indege ya gisirikare itwara imizigo yakoreye yakoze impanuka hashize iminota 10 ivuye ku kibuga cy’ indege 11 bahasiga ubuzima. Iyi mpanuka yabereye ku kibuga cy’ inge cy’ ahitwa N’djili mu...
1 October 2017 Yasuwe: 1418 0

Bateretaniye mu kigo cy’ ishuri birukanywe ababyeyi babo bagira akantu

Umusore n’ inkumi bo mu gihugu cy’ Afurika y’ Epfo bakundaniye mu ishuri ryisumbuye bigaho babatuma ababyeyi, ababyeyi babagaragariza ikigo ko abana babo bazize ubusa. Umusore w’ imyaka 18 n’...
1 October 2017 Yasuwe: 10615 0

‘Ntabwo u Rwanda rwigeze rutora itegeko ryo gukuramo inda’

Umuryango utari uwa Leta HDI uharanira ko abaturage bagira ubuzima buzira uvuga ko hari Abanyarwanda bumvise mu Rwanda hari ingingo zemerera umunyarwandakazi gukuramo inda bakagira ngo mu Rwanda...
30 September 2017 Yasuwe: 1758 0