skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Umusore wari umaze gusezerana yarohoye umwana mu ruzi

Umusore w’ umunya Canada warimo yifotozanya n’ umugeni we bari bamaze gusezerana yarohoye umwana muto wari warohamye mu ruzi. Clayton na Brittany Cook n’ umugeni we barimo bifotoreza ku kiraro...
27 September 2017 Yasuwe: 3673 1

Uganda: Umudepite yemeye ko yihagaritse hafi ya Minisiteri

Umudepite uhagarariye agace ka Arua mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Ibrahim Abiriga, yemeye ko yihagaritse ku muhanda hafi y’umuryango wa Minisiteri y’Imari. Ni nyuma y’uko ifoto y’uyu...
27 September 2017 Yasuwe: 744 0

Rujugiro Tribert yatangaje ko azasubirana UTC

Umuherwe Rujugiro Ayabatwa Tribert yatangaje ko afite icyizere ko igihe kizagera agasubirana inzu yahoze ari iye UTC yagurishijwe mu cyamurana ku mpamvu Leta y’ u Rwanda ivuga ko ari ukwishyura...
26 September 2017 Yasuwe: 14149 0

Eddy Kenzo yashwanye n’umukunzi we bafitanye umwa

Umuhanzi Eddy Kenzo wo muri Uganda yashanye n’umukunzi we Rema Namakula bafitanye umwana umwe w’umukobwa, ngo kuri ubu ntabwo bameranye neza ndetse byafashe indi ntera kuko uyu muhanzi yataye...
26 September 2017 Yasuwe: 2273 0

Mukasakindi w’ imyaka 29 yinjiza arenga miliyoni 4 ku kwezi atazi gusoma no kwandika

Umugore witwa Niyonsaba Mukasakindi wo mu murenge wa Mbogo akarere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru, uvuga ko yahoze ari umukozi wo mu rugo, akaba atazi gusoma no kwandika avuga ko yinjiza 4 200...
26 September 2017 Yasuwe: 9947 6

Umufana wa APR yarohamye mu Kivu I Rubavu arapfa

Niyonzima Pacifique, wari umufana w’ ikipe ya APR FC, yarohamye mu kiyaga cya Kivu ubwo yari yagiye I Rubavu gushyigikira APR mu mukino wayihuje na Rayon Sports ku wa Gatandatu tariki 23 Nzeli 2017...
26 September 2017 Yasuwe: 4200 3

Koreya ya Ruguru yashinje Amerika guyitangazaho intambara

Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga wa Koreya ya Ruguru yashinje Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump gutangaza intambara kuri Koreya ya Ruguru. Ri Yong-ho yabwiye abanyamakuru i...
25 September 2017 Yasuwe: 2679 0

Mu Rwanda hashinzwe ishuri ryigisha gufata amashusho hakoreshejwe drones

Bwa mbere mu Rwanda hashinzwe ishuri ryigisha gufata amashusho hakoreshejwe indege zitagira umupilote (drones), bikazafasha abari basanzwe muri uyu mwuga kuba inararibonye mu gukoresha ibikoresho...
25 September 2017 Yasuwe: 1909 0

FERWAFA yatangaje igihe umukino wa Rayon na APR uzasubukurirwa

Ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko umukino w’ igikombe cya Super cup uherutse gusubikwa wari wahuje Rayon Sports na APR uzasubukurwa ku wa Gatatu tariki 27 Nzeli...
25 September 2017 Yasuwe: 3450 2

Perezida Putin yahembye urugo rwabaye indashyikirwa [AMAFOTO na VIDEWO]

Perezida w’ u Burusiya Valadmir Putin yahaye igihembo umugore n’ umugabo b’ abahamya ba Yehova kubera ko babaye indashyikirwa mu kurera neza abana babo umunani. Valeriy na Tatiana Novik bo muri...
25 September 2017 Yasuwe: 3026 0