Kuri uyu wa 6 Ukwakira 2017 nibwo hateganyijwe gahunda yo kumurika ibyavuye mu isuzuma ry’ imihigo 2016/17. Ninabwo kandi abayobozi b’ uturere bazongera bagahigira imbere ya Perezida w’ u Rwanda...
Dr Anita Asiimwe wigeze kuba umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ ubuzima ashinzwe ubuvuzi rusange n’ ubuvuzi bw’ ibanze yagizwe umuhuzabikorwa wa Gahunda y’ igihugu yo kwita ku mikurire y’...
Polisi ya Zimabwe yataye muri yombi Umunyamakuru ukorera ikinyamakuru kigenga azira inkuru yanditse ku nkunga y’ imyambaro y’ imbere ya Grace Mugabe (Umugore wa Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe)...
Sebarinda Leonard n’ umuryango batuye mu murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera bari mu byishimo nyuma yo kongera kubona umukobwa wabo baherukaga mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi.
Uyu...
Guverinoma y’ u Rwanda n’ iya Malawi bari mu biganiro biganisha ku gusinya amasezerano yo kohererezanya abakekwaho cyangwa abakoze ibyaha.
Ibi biganiro bigirwamo uruhare n’ abayobozi b’...