skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

IMIHIGO: Ba meya bagiye kubwirwa amanota bahige indi

Kuri uyu wa 6 Ukwakira 2017 nibwo hateganyijwe gahunda yo kumurika ibyavuye mu isuzuma ry’ imihigo 2016/17. Ninabwo kandi abayobozi b’ uturere bazongera bagahigira imbere ya Perezida w’ u Rwanda...
5 October 2017 Yasuwe: 4526 4

Dr Anita Asiimwe wigeze kuba umunyamabanga wa Leta muri MINISANTE yahawe umwanya muri ECD

Dr Anita Asiimwe wigeze kuba umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ ubuzima ashinzwe ubuvuzi rusange n’ ubuvuzi bw’ ibanze yagizwe umuhuzabikorwa wa Gahunda y’ igihugu yo kwita ku mikurire y’...
5 October 2017 Yasuwe: 20339 4

Hoteli y’ akarere ka Burera yaruzuye none imaze umwaka idakorerwamo [AMAFOTO]

Hoteli y’ akarere ka “Burera Beach resort” imaze umwaka yaruzuye ariko ntiratangira gukorerwamo. Abatuye hafi y’ aho iyi hoteli yubatswe bibaza icyabuze ngo iyi hoteli itangire ikorerwemo. Aba...
4 October 2017 Yasuwe: 2662 0

Rwanda: Amafaranga agenerwa impunzi agiye kujya atangwa hifashishijwe ikoranabuhanga

Guhera muri uku kwezi k’ Ukwakira 2017, amafaranga agenerwa impunzi zo mu bihugu bitandukanye ziri mu Rwanda azajya anyuzwa mu buryo bw’ ikoranabuhanga. Muri 2014 nibwo impunzi ziri mu Rwanda...
4 October 2017 Yasuwe: 793 0

Uganda: Imfungwa irwariye mu bitaro nyuma yo kumira ibihumbi 50 by’ amashilingi

Sengigwa Sendodie ufungiye mu gihugu cya Uganda arwariye mu bitaro bya Gulu nyuma yo kumira inoti y’ ibihumbi 50 by’ amashilingi atinya ko ayafatanwa agahanwa. Sendodie nyuma yo kumira aya...
4 October 2017 Yasuwe: 1121 0

Umunyamakuru yatawe muri yombi kubera inkuru yanditse ku myambaro y’ imbere ya Grace Mugabe

Polisi ya Zimabwe yataye muri yombi Umunyamakuru ukorera ikinyamakuru kigenga azira inkuru yanditse ku nkunga y’ imyambaro y’ imbere ya Grace Mugabe (Umugore wa Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe)...
4 October 2017 Yasuwe: 2256 0

Kwa Sebarinda babonye umwana wabo baherukaga muri Jenoside

Sebarinda Leonard n’ umuryango batuye mu murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera bari mu byishimo nyuma yo kongera kubona umukobwa wabo baherukaga mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi. Uyu...
4 October 2017 Yasuwe: 5583 0

U Rwanda na Malawi barimo kwiga ku ngingo yo kohererezanya abakekwaho ibyaha

Guverinoma y’ u Rwanda n’ iya Malawi bari mu biganiro biganisha ku gusinya amasezerano yo kohererezanya abakekwaho cyangwa abakoze ibyaha. Ibi biganiro bigirwamo uruhare n’ abayobozi b’...
3 October 2017 Yasuwe: 752 0

Kiriziya gatolika mu Rwanda irasaba ko hajyaho polisi ishinzwe abana

Abanyamadini barasaba Leta gukurikirana abatera inda abana b’ abakobwa n’ abatesha abana amashuri bakajya kubakoresha imirimo, by’ umwihariko kiriziya gatolika yo igasanga Leta ikwiye gushyiraho...
3 October 2017 Yasuwe: 852 0

Abana b’ imfubyi 2900 babonye imiryango hasigaye abarenga 1000

Minisiteri y’ uburinganire n’ iterambere ry’ umuryango ivuga ko abana b’ imfubyi ibihumbi bibiri na magana cyenda (2900) kuri ubu babonye imiryango ibakira bavuye mu bigo by’ imfubyi. Muri 2014,...
3 October 2017 Yasuwe: 619 3