Leta y’ u Burundi yongeye gushyira u Rwanda mu majwi ivuga ko u Rwanda rutifuriza ineza u Burundi.
Byatangajwe n’ umuvugizi wa Leta y’ iki gihugu Firipo Nzobonariba kuri uyu wa Gatanu tariki 29...
Mu gihugu cy’ Ubuhinde abantu bagera kuri 22 bapfuye biturutse ku mubyigamo wabereyemo muri gare ya moshi, abandi 30 barakomereka.
Ibi byabereye ahitwa Elphinstone mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Mvukiyehe Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gisagara yaba yeguye kuri uyu mwanya nk’uko amakuru agera ku Umuryango abyemeza.
Amakuru UMURYANGO wamenye ni uko kuri uyu wa...
Ababyeyi babyarira mu bitaro bya Kabutare bavuga ko babangamirwa no kuba nyuma yo kubyara baryamishwa bacurikiranye ari babiri ku gitanda kimwe n’impinja zabo ebyiri.
Ibitaro bya Kabutare nibyo...
Abaturage bahinga mu gishanga cy’urutanga kiri mu karere ka Gisagara hagati y’imisozi ya Cyanamo, Gitisi, Muganza, na Kirarambogo bavuga ko ntakizere bafite cyo guhashya inzara iri mu ngo zabo...
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Rebecca Kadaga, kuri uyu wa Gatatu yirukanye umwe mu baminisitiri n’abadepite 25 bagize uruhare mu mirwano ikaze yabereye mu ngoro y’Inteko Ishinga...
Umunyapolitiki utavugarumwe na Leta y’ u Rwanda wigezekuba Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Faustin Twagiramungu yanyomoje amakuru avuga ko yitabye Imana tariki 14 Nzeli 2017.
Ibi abinyomoje mu...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump yavuzweho gukunda abakobwa bakiri bato, ibi ariko ntibikuraho ko ajya anyuzamo akavuga nabi igitsina gore.
Aya mafoto agaragaza uburyo...
Umuyobozi wa banki nkuru y’ u Rwanda John Rwangombwa asanga ikibazo cyo kuba abahinzi batabona inguzanyo mu buryo bubohereye ari ikibazo kirenze amabanki, gusa avuga ko hari ibimo gukorwa ngo...