Kuri uyu wa 22 Nzeli 2017, urukiko rwa Kigali rwategetse ko Bishop Sibomana Jean wahoze ari umuvugizi w’ ADEPR afungurwa by’ agateganyo kubera impamvu zirimo n’ uburwayi.
Saa tanu zo kuri uyu wa...
Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe mu kiganiro yagejeje ku bakuru b’ibihugu bitabiriye inteko rusange y’ umuryango w’ abibumye I New york yagereranyije Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’...
Capt. Kamurari Nicodeme , wahoze mu gisirikare cy’u Burundi akaba azwiho kuba ari we wururukije idarapo ry’u Bubiligi ubwo u Burundi bwari bumaze kubona ubwigenge, yashyiguwe mu cyubahiro.
Uyu...
Prof Silas Lwakabamba wari umaze imyaka ibiri ari umuyobozi mukuru wa Kaminuza ya Kibungo, INATEK yeguye kuri uyu mwanya.
Kuri uyu wa 21 Nzeli, nibwo Lwakabamba yagejeje muri iyi kaminuza...
Umugabo wo mu Kagari ka Matyazo, umurenge wa Ngoma muri Huye arwariye mu bitaro bya CHUB nyuma yo gukubitwa bikomeye na mugenzi we amushinja kumusambanyiriza umugore.
Abaturage batabaye uwo...
Kuri uyu wa Kane tariki 21 Nzeli umusore witwa Nsabimana yasezeranye imbere y’ amategeko na Nkundubutatu Shalom bari bagiye gusezerana tariki 22 Kamena bigapfa ku munota wa nyuma.
Tariki 22...
Tariki 22 Kamena uyu mwaka Umuryango twabagejejeho inkuru y’ uwitwa Nsabimana Jean Baptiste wagiye gusezerana imbere y’ amategeko na Nkundubutatu Shalom bigapfa ku munota wa nyuma bitewe n’ uko ise...